igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Uganda: Umugabo umaze kubyara abana 102, ubu yiyemeje kuboneza urubyaro
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Uganda: Umugabo umaze kubyara abana 102, ubu yiyemeje kuboneza urubyaro
AMAKURUMU MAHANGAUTUNTU N' UTUNDI

Uganda: Umugabo umaze kubyara abana 102, ubu yiyemeje kuboneza urubyaro

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: April 13, 2025 3:28 pm
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Ni uwitwa Musa Hasahya Kasera umugabo w’imyaka 69 wo mu gihugu cya Uganda nyuma yo kubyara abana 102, ku bagore 12 ndetse akaba afite abuzukuru 578, yafashe umwanzuro wo kuboneza urubyaro.

Kuri ubu ngo yafashe umwanzuro wo kuboneza urubyaro kuko gutunga abo bana bose bisigaye bimugora

Yagize ati ” Nkitangira kubyara abana benshi nabonaga ari ibisanzwe Ariko kuri ubu ntabwo meze neza ndetse ntanaho kuba hahagije mfite ku bana banjye, abagore babiri muri 12 narimfite barantaye kubera kunanirwa kubaha ibyibanze bari bacyeneye birimo : ibyo kurya, imyambaro ndetse no kwishyura amashuri ya bana babo, abandi bagore banjye batatu bigiriye gutura ahandi kuko I wanjye ni hato ntabwo twahakwirwa”.
Uyu mugabo utuye mu mudugudu wa Bugisa mu karere ka Butaleja mu burasirazuba bwa Uganda nta murimo agira umwinjiriza amafaranga.

Avuga ko ubu abagore be bose bakoresha uburyo bwo kuboneza urubyaro gusa we ntarabukoresha, ahamya ko atazongera kubyara kuko ngo byamuhaye isomo kuba yarabyaye abana atabasha kurera.

Umugore wa mbere wa Hasahya bashakanye mu mwaka w’i 1972, bombi icyo gihe bari bafite imyaka 17, nyuma y’umwaka umwe babyaye umwana wabo w’Imfura witwa Sandra Nabwire.

Akomeza avuga ko mu muryango w’i wabo bavuka ari abana babiri, we na mukuru we ngo ari nawe wamwoheje kubyara abana benshi kugirango azagure Umuryango wabo.
Avugako mu bihe bye byubusore bwe yahozea ari umucuruzi w’inka ndetse ndetse afite n’ibagiro, muri ibyo bihe abo bari baturanye ahitwa Bugisa bamwiheraa abakobwa babo ndetse bamwe muribo bari munsi y’imyaka 18.

Kugeza ubu avugako atagishobora kumenya amazina yose ya bana be n’abagore be bose. Umugore muto afite ubu afite imyaka 35. Umuhungu we Shaban Magino ubu afite imyaka 31 ya mavuko ni we wabashije kwiga amashuri menshi mu bana b’uyu mugabo, kuri ubu ni mwarimu ku ishuri riri hafi yaho Umuryango wa Se utuye.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania ryahagaritswe mu matora ateganyijwe uyu mwaka
Next Article Kavumu: Ingabo za Leta ya Congo FARDC zagabye igitero simusiga kuri M23, hapfa abasirikare benshi
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

PSG ikoze amateka kuri Allianz Arena itsinda Inter Milan ibitego 5-0, yegukana Champions League bwa mbere
May 31, 2025
Musanze: Inzoga y’inkorano yitwa Munanguzi ikomeje kubangamira abaturage
May 31, 2025
Joseph Kabila yahuye n’ubuyobozi bwa AFC/M23, bemeranya gukorera hamwe mu rugendo rwo kugarura amahoro muri DRC
May 31, 2025
Kate Bashabe yihanangirije abamushinja gushyingiranwa n’imbwa ye
May 31, 2025
Umubyeyi wa Rihanna yapfuye
May 31, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Amb. Olivier Nduhungirehe mu ruzinduko rw’akazi i Hongiriya

Kuwa Mbere tariki ya 12 Gicurasi 2025, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri…

2 Min Read
UTUNTU N' UTUNDI

Umugabo ari guhigishwa uruhindu na polisi nyuma yo kwica umupangayi bapfuye amafaranga y’inzu

Polisi yo muri Zimbabwe irimo gushakisha umugabo witwa Crispen Marara ukekwaho kwica umupangayi we nyuma yo kumuhata ibibazo no kumukubita…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Nicolas Sarkozy yakuweho igikomo k’ikoranabuhanga

Nicolas Sarkozy wahoze ayobora u Bufaransa yakuweho igikomo cy’ikoranabuhanga yari yambitswe kubera ibyaha bya ruswa yahamijwe nk'uko byanzuwe n'inzego z’ubuyobozi…

1 Min Read
AMAKURU

Nyanza: Umugabo afungiwe gutema umuvandimwe we amuhindura intere

Mu Murenge wa Muyira, Akarere ka Nyanza, haravugwa urugomo rukabije rwakorewe umugabo witwa Gasigwa Jean Damascène, watemwe n’umuvandimwe we witwa…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?