igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Umugore wiyita Imana ndetse akanarinda urupfu abantu yafunzwe
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Umugore wiyita Imana ndetse akanarinda urupfu abantu yafunzwe
AMAKURU

Umugore wiyita Imana ndetse akanarinda urupfu abantu yafunzwe

IYAKAREMYE FERDINAND
Last updated: May 16, 2025 9:19 am
IYAKAREMYE FERDINAND
Share
SHARE


Umukozi w’Imana Diana Edward Bundala, uzwi ku mazina ya Mfalme Zumaridi wo muri Tanzania yatawe muriyombi na Polisi aho kurikiranywe ibyaha bibiri harimo nicyo kuba yarafashe abana bato ababwira ko ariwe Mana kandi ko azabarinda ikitwa Urupfu.

Polisi yo mu ntara ya Mwanza muri Tanzania,   kuri uyu wa kane tariki 15 Gicurasi 2025, yatangaje ko yataye muriyombi Umwami Zumaridi aho akurikiranyweho ibyaha bibiri.

Ibyo byaha akurikiranyweho, harimo icyokuba yarafashe urugo rwe akarugira urusengero binyuranyije n’amateko kubera ko urwo rusengero ruri muri Karitsiye kuburyo iyo basenga asakuriza abaturage baturanye nawe.

Ikindi cyaha Polisi yavuze ikurikiranyeho uwo Mwami Zumarida,  harimo video iriho ikwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga aho yafashe abana bato  babahungu n’abakobwa, maze atangira kubabwira ko ariwe Mana yabo kandi ko azabarinda ikitwa Urupfu.

Polisi yasabye abaturage bafite amakuru kuri  Zumarida kuyatanga kuri Polisi kugirango  hamenyekane ukuri kubyo akurikiranyweho.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Gucyura abasirikare n’abapolisi ba Congo 1359 bahungiye kuri MONUSCO byarangiye
Next Article James Comey wahoze ayobora FBI akurikiranyweho gushaka kwivugana Trump
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Kinshasa: Sena ya RDC yashyizeho Komisiyo yo gusuzuma niba Joseph Kabila yakwamburwa ubudahangarwa
May 16, 2025
FC Barcelona yegukanye Igikombe cya Shampiyona cya 28
May 16, 2025
Ali Bongo wahoze ayobora Gabon yarekuwe ahita yerekeza i Luanda muri Angola
May 16, 2025
Leta yamaganye ibihuha bivuga Perezida Kiir yitabye Imana
May 16, 2025
Umunyamategeko wa Munyenyezi Beatrice yabwiye urukiko ko ubushinjacyaha bwagiye gukora iperereza rishya ku rwego rw’ubujurire bidakurikije amategeko
May 16, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Huye: inzu ebyiri z’ubucuruzi zahiye zirakongoka burundu

Inzu ebyiri ziherereye mu cyarabu mu mujyi wa Huye zibasiriewe bikomeye n'umuriro zirakongoka bitewe na sirikwe y'amashanyarazi. Ibi byabaye ahagana…

2 Min Read

Abayobora ubukwe (MC) barasabirwa kujya batanga umusoro

Abakunze gukora mu birori by’ubukwe barimo ababuyobora (MCs) barasabirwa kujya batanga umusoro hagendewe ko na bo bari mu binjiza amafaranga…

2 Min Read
AMAKURU

Musanze: Umugore yishe umugabo maze nawe ahita yiyahura

Umutoni Fracoise w’imyaka 37 nyuma yo kwivugana umugabo we nawe yahise yiyahura asigira agahinda abaturanyi n'abana be yabyaranye na nyakwigendera…

3 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

Davido yanenze ubutegetsi bwa Nigeria

Davido yanenze Leta ya Nigeria avuga ko ariyo mbi iri ku isi. Ati”Nigeria nta bayobozi beza ifite,kandi igihugu gifite abakene…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?