igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Umuhanzi ukunzwe muri Uganda Jose Chameleon yatangaje ko yaretse inzoga n’itabi burundu
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Umuhanzi ukunzwe muri Uganda Jose Chameleon yatangaje ko yaretse inzoga n’itabi burundu
AMAKURUIMYIDAGADURO

Umuhanzi ukunzwe muri Uganda Jose Chameleon yatangaje ko yaretse inzoga n’itabi burundu

IYAKAREMYE FERDINAND
Last updated: April 23, 2025 11:36 am
IYAKAREMYE FERDINAND
Share
SHARE

Umuhanzi ukunzwe muri Uganda, Jose Chameleon, yatangaje ko yaretse inzoga n’itabi kubera uburwayi amaranye iminsi ndetse yiyemeje gukomeza umuziki.

Abitangaje nyuma yaho avuye mu Btaro byo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho yari amaze igihe arwaye indwara yo mu nda yatewe no kunywa inzoga nyinshi n’itabi.Kuwa 12 Mata 2025 nibwo Chameleone n’umuvandimwe we Weasel basesekaye mu Mujyi wa Kampala muri Uganda, bakirwa n’imbaga y’abakunzi b’aba bahanzi bakomoka mu muryango wa Mayanja uzwi cyane muri Uganda.

Aba bombi bari bavuye muri Amerika aho Weasel yari amaze amezi ane arwarije mukuru we Jose Chameleone, guhera mu Ukuboza umwaka ushize.

Yari yafashwe n’indwara yangije inyama ze zo mu nda aho bivugwa ko byatewe n’ubwinshi bw’inzoga anywa.Mu kiganiro yahaye itangazamakuru, Jose Chameleone yavuze ko nyuma yo kumara igihe kinini afite imyitwarire itari myiza kuri ubu yahindutse.Yagize ati “ Namaze igihe kinini nywa itabi ariko kugira ngo ncungure ubuzima bwange, nabishyize ku ruhande.

Sinzongera kunywa itabi, sinzongera kunywa inzoga. “Uyu muhanzi avuga ko ari nk’amahirwe ya kabiri yahawe ari nayo mpamvu agomba kubishyira hasi.Uyu muhanzi yabajijwe impamvu aheruka gushima Imana, niba yaba ari umukirisitu maze agira ati “ Ndi umwizera kandi mbere yuko abaganga bagira icyo bakora, Imana niyo yabanje kwikorera umurimo. Imana niyo ya mbere ubundi abaganga babona gukora akazi kabo. Nagombaga gusenga Imana kandi nkanasengera abandi bari mu Bitaro.”Uyu muhanzi yari amaze igihe arwariye mu bitaro bya Aline Medical Hospital Minneapolis muri Leta ya Minnesota muri Amerika, aho yari yajyanywe nyuma yo kuzahazwa n’uburwayi.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Umunyarwandakazi Isimbi Noeline ukina filime z’ubusambanyi yiyamye ababimunengera
Next Article Abafana ba Arsenal bari mu myigaragambyo yo kwamagana amasezerano y’ubufatanye bw’iyi kipe n’u Rwanda
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Karongi: Mu mezi abiri abibasiwe n’ibiza bagiye gukorerwa ikintu gikomeye
May 23, 2025
U Bufaransa bwamaganye ibirego bya Israel, buvuga ko iri kubiba urwango
May 23, 2025
Abantu barenga ibihumbi 10 basanzwemo indwara ya Malariya mu Mujyi wa Kigali
May 23, 2025
Umuyobozi ukomeye mu Burundi yagaragaje ko Perezida Kagame yashatse kwiyunga na Nkurunziza bikanga
May 23, 2025
Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde Narendra Modi yatangaje ko u Buhinde bwafungiye amazi igihugu cya Pakistan
May 23, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Félix Tshisekedi yarahiye ko atazigera agurisha umutungo wa RDC

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yiyamye abamushinje umugambi wo kugurisha Leta Zunze Ubumwe za Amerika umutungo…

2 Min Read
Mu gihugu cya Mexique umukandida ku mwanya wa Meya yishwe yiyamamaza
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Mexico: Umukandida yishwe ari mubikorwa byo kw’iyamamariza kuba Meya w’umujyi

Yesenia Lara Gutiérrez wari mu bikorwa byo kwiyamamariza kuyobora umujyi wa Texistepec mu ntara ya Veracruz muri Mexique, yarashwe ahita…

1 Min Read
AMAKURU

M23 yikomye bikomeye igisirikare cya Leta kubera ibitero babagabyeho

Ihururo AFC/M23 ryashinje Leta kugaba ibitero kubasivile no kurenga kumategeko y'agahenge bakagaba ibitero ku birindiro. Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence…

2 Min Read
AMAKURU

Nyanza: Umugabo afungiwe gutema umuvandimwe we amuhindura intere

Mu Murenge wa Muyira, Akarere ka Nyanza, haravugwa urugomo rukabije rwakorewe umugabo witwa Gasigwa Jean Damascène, watemwe n’umuvandimwe we witwa…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?