igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Umukobwa w’imyaka 24 yapfuye yiyahuye nyuma yo kubura aba-followers kurubuga rwa Instagram
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Umukobwa w’imyaka 24 yapfuye yiyahuye nyuma yo kubura aba-followers kurubuga rwa Instagram
AMAKURUUTUNTU N' UTUNDI

Umukobwa w’imyaka 24 yapfuye yiyahuye nyuma yo kubura aba-followers kurubuga rwa Instagram

IYAKAREMYE FERDINAND
Last updated: May 2, 2025 5:07 pm
IYAKAREMYE FERDINAND
Share
SHARE

Umukobwa wari ukomeye ku mbuga nkoranyambaga, Misha Agrawal, yapfuye ku wa 24 Mata 2025 yiyahuye, nk’uko byemejwe n’umuryango we. Yari afite imyaka 24, iminsi ibiri gusa mbere y’uko yuzuza imyaka 25.

Misha yari afite impamyabumenyi mu mategeko kandi yari anitegura gukora ibizamini bya leta (civil service exams). Ariko umuryango we watangaje ko yari amaze igihe ahanganye n’agahinda kenshi, cyane cyane nyuma yo kubona umubare w’abamukurikiraga kuri Instagram ugabanuka.

Mushiki we yavuze ko Misha yagerageje kubaka isi ye yose kuri Instagram, kandi uko yabonaga abantu bamureka kumukurikira, byatumaga yiyumva nk’aho nta gaciro agifite. Yagize ati: “Yari umuvandimwe wanjye w’ingenzi, ariko igihe abamukurikiraga batangiraga kugabanuka, yahise agwa mu gahinda kenshi kugeza ubwo yiyahuye.”

Nubwo umuryango usaba ko uhabwa umwanya wo kubabara mu mahoro, bamwe mu nshuti za Misha n’abandi bakoresha imbuga nkoranyambaga bagaragaje impungenge, bavuga ko bishobora kuba hari ibindi bimubabaje bikomeye bitari ifatwa nabi kuri Instagram. Umwe mu nshuti ze yagize ati: “Yari umuntu wiyizeye kandi wifitemo imbaraga. Uko bigaragara, hari ikindi kibazo yahuye na cyo.”

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Abapolisi batanu ba Kenya barashwe baricwa abandi umunani barakomereka mu gitero cy’abarwanyi ba Al-Shabaab 
Next Article Davido yanenze ubutegetsi bwa Nigeria
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

U Bwongereza: Abahamwe n’ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina bagiye kujya bahabwa imiti igabanya ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina
May 24, 2025
REG VC mu kwitegura Shampiyona igiye kuza, yatangiye kwibikaho abakinnyi
May 23, 2025
Kaminuza ya Harvard yajyanye Leta Zunze ubumwe za Amerika mu nkiko
May 23, 2025
Kuki Abanyamakuru batajya bubaka ingo ngo zirambe? Dore abanyamakuru babishoboye
May 23, 2025
Human right watch yamaganye ubwicanyi bukorwa n’abarwanyi ba Wazalendo
May 23, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Kenya: Abasore b’Ababiligi bafatiwe mu bucuruzi butemewe bw’ibimonyo baciwe 7.700$

Abasore b’Ababiligi basanganwe ibimonyo, abayobozi bavuga ko byari bigenewe amasoko y’i Burayi na Aziya, mu buryo bugaragara bw’ubucuruzi butemewe buri…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Inyeshyamba za M23 na Wazalendo bari kurwanira ku kibuga cy’indege cya Kavumu

Kuri ubu mu mijyi ya Kavumu, Katana na Lwiro yo mu karere ka Kabare mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, inyeshyamba…

1 Min Read
AMAKURUPOLITIKE

Perezida wa Guinea yahuye na Perezida Kagame w’ u Rwanda

Perezida wa Guinea Bissau yasesekaye mu Rwanda mu ruzinduko rugamije kwiga ku mubano hagati y'ibihugu byombi. Ku gicamunsi cyo kuri…

2 Min Read
AMAKURU

Gasabo: Polisi yataye muri yombi abantu batatu harimo ukekwaho gutegera umuntu mu nzira akamutera icyuma

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane tariki ya 22 Gicurasi 2025, Nibwo Polisi ikorera mu Karere ka Gasabo, mu…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?