igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Umunyarwandakazi Isimbi Noeline ukina filime z’ubusambanyi yiyamye ababimunengera
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Umunyarwandakazi Isimbi Noeline ukina filime z’ubusambanyi yiyamye ababimunengera
AMAKURUIMYIDAGADURO

Umunyarwandakazi Isimbi Noeline ukina filime z’ubusambanyi yiyamye ababimunengera

IYAKAREMYE FERDINAND
Last updated: April 23, 2025 11:26 am
IYAKAREMYE FERDINAND
Share
SHARE

Isimbi Yvonne uzwi nka Noeline, umunyarwandakazi wamamaye ubwo yitabiraga irushanwa rya Miss Rwanda 2019, yongeye kuvugisha benshi nyuma yo kwiyama abamunenga ku mugaragaro ku mbuga nkoranyambaga, kubera akazi akora ko gukina filime z’urukozasoni (pornographie).

Mu mashusho arenga ane yashyize kuri Instagram, Isimbi yumvikanye mu burakari bwinshi asaba abantu bose kumureka agakora ibyo yahisemo.

Mu ijwi ririmo intimba, Isimbi yavuze ko nta muntu numwe wigeze umufasha kuva mu buzima bukomeye yanyuzemo, bityo nta n’ufite uburenganzira bwo kumucira urubanza.Yagize ati: “Ntukwiriye kunera amabuye kuko utashyigikiye. Nabaye ku muhanda imyaka, ntagira kivurira. Ubu mbayeho neza kuko mpangana.”Isimbi Noeline yashimangiye ko ibyo akora abikora ku bushake bwe, atabikorerwa cyangwa ngo abihatirwe.

Yavuze ko atari ubwa mbere ahura n’iterabwoba ry’amagambo, ariko ko nta na rimwe byigeze bimuca intege.Uyu mukobwa ufite imyaka 25 yavuze ko amashusho ashyira hanze amwinjiriza amafaranga menshi, kandi ko mu bakiriya be ntabwo ashakamo abanyarwanda kuko ngo ntabwo bari mu bo ayakorera

Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa YouTube, yavuze ko nta n’umwe wo mu muryango we wigeze amubuza cyangwa ngo amutere amagambo. Yemeza ko musaza we ari we wenyine baganira kenshi, abandi bakaba baracecetse.Isimbi yavuze ko iyo aza kwegukana ikamba rya Miss Rwanda atari kubura gukora ibyo akora ubu. Ati: “Ikamba sinarikoreye, ariko naryo ntabwo ryari kumbuza gukora ibyo nshaka.”

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Perezida Donald Trump yavuze ko atazi igihugu cya Congo
Next Article Umuhanzi ukunzwe muri Uganda Jose Chameleon yatangaje ko yaretse inzoga n’itabi burundu
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

U Bwongereza: Abahamwe n’ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina bagiye kujya bahabwa imiti igabanya ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina
May 24, 2025
REG VC mu kwitegura Shampiyona igiye kuza, yatangiye kwibikaho abakinnyi
May 23, 2025
Kaminuza ya Harvard yajyanye Leta Zunze ubumwe za Amerika mu nkiko
May 23, 2025
Kuki Abanyamakuru batajya bubaka ingo ngo zirambe? Dore abanyamakuru babishoboye
May 23, 2025
Human right watch yamaganye ubwicanyi bukorwa n’abarwanyi ba Wazalendo
May 23, 2025

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGA

Hamas igiye kurekura imbohe y’Umunyamerika wa nyuma mu bafatiwe muri Israheli

Umutwe wa Hamas watangaje ko ugiye kurekura imbohe y’umunya-Israel ariko ifite ubwenegihugu bwa Amerika hagamijwe kwerekana ubushake mu gushakira amahoro…

1 Min Read
IMYIDAGADURO

Chris Brown yatanze ingwate ya miliyoni 5 z’amapawundi, anategekwa ikintu gikomeye

Umuhanzi w’Umunyamerika uri mu bakunzwe ku Isi Chris Brown, yarekuwe n’urukiko rwo mu Bwongereza, nyuma yo gutanga ingwate ingana na…

1 Min Read
IMYIDAGADURO

Umubyeyi ubyara Niyo Bosco yashinguwe umuhango witabiriwe n’umuhungu we Niyo

Umuhanzi uri mubagezweho mu Rwanda Niyo Bosco yaherekeje se umubyara washyinguwe uyu munsi Mu muhango wuje agahinda n’amarangamutima menshi, umuryango,…

2 Min Read
AMAKURU

Yago Pondat yikomye abayobozi mu nzego zimwe na zimwe z’igihugu Harimo na Minisitiri w’urubyiruko

Nyarwaya Umunyakakuru ukorere kuri You Tube uherutse guhunga igihugu avuga ko ahunze agatsiko k'abashakaga kumugirira nabi, agahungira mu gihugu cya…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?