igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Umushoramari Coach Gael yaciye amarenga yo kuva mu muziki
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > IMYIDAGADURO > Umushoramari Coach Gael yaciye amarenga yo kuva mu muziki
IMYIDAGADURO

Umushoramari Coach Gael yaciye amarenga yo kuva mu muziki

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: April 21, 2025 6:43 pm
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Karomba Gael uzwi cyane nka Coach Gael yagaragaje ko igihe gishobora kuba kigeze ngo ave mu muziki nk’ko yabitangaje abicishije ku rukuta rwe rwa Instagram

Coach Gael akaba nyiri 1:55 Am inzu y’umuziki ibarizwamo Bruce Melodie, Element hamwe na Kennysol yatangaje ko igihe kigeze ibyo gushora amafaranga ku bandi akabireka akita kubye nawe ni ubu tumwa yatangaje abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram amagambo yasamiwe hejuru na benshi bibaza niba yaba agiye kurekura umuziki akaba yava mu byo gufasha abahanzi.

Mu magambo ye yanditse mu rurimi rw’icyongereza yagize ati ” Nashoye amafaranga menshi mu gufasha abandi bantu mbikora nta tegereje inyungu n’imwe muri byo gusa ubu nicyo gihe ngo nange nge kwita kubyange”

Uyub mugabo akimara gutangaza aya magambo yakurikiwe na Badrama nawe wigeze gushora imari mu muziki gusa ntibimuhire wahise amusubiza ko gushora amafaranga mu ruganda rw’umuziki nyarwanda ari nko kuyanaga mu bwiherero ashaka kugaragaza ko atari ahantu heza ho gushora amafaranga yawe.

Nubwo Coach Gael akaba na nyiri 1:55 Am yanditse ibi amaze iminsi ari gutegura imishinga we na Bruce Melodie aho baherutse kugaragara mu mashusho bari kumwe n’umuhanzi Diamond Platinum ndetse amakuru ari hanze ni uko bamaze gutegura indirimbo bazaba barimo Bruce Melodie na Diamond ikazasohoka muri iyi mpeshyi iri kuza.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Cardinal Kambanda agiye kugira uruhare mu gushiraho umupapa musha
Next Article Leta ya Congo yamaganye ikoreshwa ry’amashilingi ya Uganda muri iki Gihugu
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

U Bwongereza: Abahamwe n’ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina bagiye kujya bahabwa imiti igabanya ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina
May 24, 2025
REG VC mu kwitegura Shampiyona igiye kuza, yatangiye kwibikaho abakinnyi
May 23, 2025
Kaminuza ya Harvard yajyanye Leta Zunze ubumwe za Amerika mu nkiko
May 23, 2025
Kuki Abanyamakuru batajya bubaka ingo ngo zirambe? Dore abanyamakuru babishoboye
May 23, 2025
Human right watch yamaganye ubwicanyi bukorwa n’abarwanyi ba Wazalendo
May 23, 2025

You Might Also Like

AMAKURUIMYIDAGADURO

Jennifer Heylen ni umwe mu bakinnyi ba filime b’Abanyarwanda bakomeje kwigarurira isoko rya sinema mpuzamahanga

Jennifer Heylen ni umwe mu bakinnyi ba filime b’Abanyarwanda baba mu mahanga bari kwigaragaza mu buryo budasanzwe. Nubwo yakuriye mu…

3 Min Read
IMYIDAGADURO

Ariel Wayz niwe muhanzi Nduhungirehe abona ushobora kugera kure kubera impano ye

Olivier Nduhungirehe yavuze ko Ariel wayz bitewe n'ijwi afite ryamugeza ku ruhando mpuzamahanga kuko ari ryiza kandi akaba ari umuhanga…

1 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

Umuhanzikazi wari warihebeye Kitoko Bibarwa usigaye wibera mu Burayi

Umuhanzikazi Marie France Mpundu, umwe mu bahanzikazi bagezweho muri muzika nyarwanda muri iki gihe, yahishuye ko kuva akiri muto, by’umwihariko…

2 Min Read
Dosiye ya ‘Bishop Gafaranga’ uregwa ihohotera rishingiye ki gitsinda yazamuwe
AMAKURUIMYIDAGADUROPOLITIKEUTUNTU N' UTUNDI

Heguwe amadosiye ya Bishop Gafaranga umu pastor uregwa ibyaha byihohotera rishingiye ku gitsina 

Dosiye y’ikirego kiregwamo Habiyaremye Zacharie uzwi nka ‘Bishop Gafaranga’, yamaze kugezwa mu Bushinjacyaha kugira ngo buyisuzume buzayiregere Urukiko. Bishop Gafaranga…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?