igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Umusore wo mu Karere ka Rutsiro nyuma yo gusambanya abana babiri yaburiwe irengero
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Umusore wo mu Karere ka Rutsiro nyuma yo gusambanya abana babiri yaburiwe irengero
AMAKURU

Umusore wo mu Karere ka Rutsiro nyuma yo gusambanya abana babiri yaburiwe irengero

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: May 4, 2025 9:46 am
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Mu Murenge wa Nyabirasi, Akarere ka Rutsiro, haravugwa umusore w’imyaka 20 ukekwaho icyaha cyo gusambanya abana babiri b’abakobwa b’imyaka 12 na 13, ubwo bari bagiye gutashya inkwi mu ishyamba

Ibi byabaye ku mugoroba wo ku wa 2 Gicurasi 2025, aho bivugwa ko uwo musore yabasanze mu ishyamba rya Gatoto, aho bari batashya, akahabakorera iryo hohoterwa. Abana bamaze gutaha bahise bitabaza ubuyobozi bw’inzego z’ibanze, bituma hatangira igikorwa cyo kumushakisha.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyabirasi, Bwana Mpirwa Migabo, yemeje iby’aya makuru, avuga ko bakeka ko uwo musore yahise atoroka, ariko ko inzego zibishinzwe ziri gukora ibishoboka byose ngo afatwe.

Yagize ati: “Ni byo koko, turakeka ko uwo musore yasambanyije abana bari bagiye gutashya mu ishyamba. Abo bana bageze mu rugo bihutira kujya kwa Mudugudu, ari na bwo twatangiye gukurikirana icyo kibazo. Kuri ubu turamushakisha kugira ngo agezwe imbere y’ubutabera.”

Yakomeje asaba abaturage kwirinda ibyaha nk’ibi by’ihohoterwa, anibutsa ko nta na kimwe kizihanganirwa, kuko ubutabera bugomba gukora akazi kabwo.

Abana bahohotewe bahise bajyanwa ku Kigo Nderabuzima cya Nyabirasi, hanyuma boherezwa ku bitaro bya Murunda kugira ngo bakorerwe isuzuma no guhabwa ubufasha bukenewe.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Ross Kana yasezeye muri 1:55 AM Ltd abashinja kutubahiriza amasezerano
Next Article Police Handball Club y’u Rwanda yegukanye igikombe mu Mikino ya EAPCCO
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Umuyobozi ukomeye mu Burundi yagaragaje ko Perezida Kagame yashatse kwiyunga na Nkurunziza bikanga
May 23, 2025
Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde Narendra Modi yatangaje ko u Buhinde bwafungiye amazi igihugu cya Pakistan
May 23, 2025
Justin Bieber yabaye iciro ry’imigani ku mbuga nkoranyambaga
May 23, 2025
Jennifer Lopez yajyanywe mu nkiko azira amafoto yashyize ku mbuga nkoranyambaga
May 23, 2025
Joseph Kabila Kabange wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo agiye kugeza ijambo ku Banye-Congo nyuma yo kwamburwa ubudahangarwa
May 23, 2025

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Uganda: Amatora ya NRM yinjiriwe n’Abanya-Kenya biba ngombwa ko asubikwa

Amatora yari ari gukorwa mu bice bimwe na bimwe bya Uganda yahagaritswe ny’uma y’uko bamwe mu banya-Kenya bambutse imipaka bakajya…

1 Min Read
AMAKURU

Umugabo w’ i Nyamasheke ukekwaho gutera inda umwana amushukishije 5000 frw yatawe muri yombi

Ni Umugabo w’imyaka 53 yafatiwe mu Mudugudu wa Mutuntu, Akagari ka Bisumo, Umurenge wa Cyato mu Karere ka Nyamasheke ku…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

M23 Yatangiye Gusatira Umujyi wa Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo

Umutwe wa M23 watangiye kugerageza gusatira Umujyi wa Uvira, uwa kabiri munini mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, mu bikorwa bisa…

2 Min Read
AMAKURUIMIKINOMU MAHANGA

Paris Saint -Germain F.C isanze Intel Milan ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League

Mu mukino wo kwishyura wa ½ k'irangiza mu irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’ Uburayi, Ikipe…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?