igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Umuvugizi wa M23 yaciye amarenga ku kuba bagiye gufatanya na Kabila wabarwanyije imyaka myinshi
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Umuvugizi wa M23 yaciye amarenga ku kuba bagiye gufatanya na Kabila wabarwanyije imyaka myinshi
AMAKURUPOLITIKE

Umuvugizi wa M23 yaciye amarenga ku kuba bagiye gufatanya na Kabila wabarwanyije imyaka myinshi

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: April 19, 2025 11:41 am
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Umutwe wa M23 watangaje ko ubizi ko Joseph Kabil bazi ko yageze i Goma kandi ko ntakibazo babibonamo cyane ko yari yaranabitangaje

Umutwe w’inyeshyamba za M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo wumvikanishije ko Joseph Kabila wahoze ari Perezida w’icyo gihugu yageze mu mujyi wa Goma ugenzura, nyuma y’icyumweru kirenga avuze ko agiye gusubira mu gihugu anyuze mu burasirazuba.

Amakuru yo gusubira muri DRC kwa Kabila yatangajwe bwa mbere na radio mpuzamahanga y’Abafaransa RFI ku wa gatanu z’ijoro, isubiramo amagambo y’abantu babiri bari hafi ya M23 n’ay’umuntu uri hafi ya Kabila.

Ubwo umuvugizi wa M23 Lowrence Kanyuka yabazwaga niba azi ko Kabila yamaze kugera mu mujyi wa Goma maze mu maambo macye uyu mugabo asubiza agira ati ”Sindimo kubona aho ikibazo kiri cyane ko nta kibazo na kimwe gikwiye kuba gihari”

Yakomeje aviga ko amategeko ya leta ya DRC abimwemerera kuko ari umuturage w’igihugu nk’abandi bose ko bityo ntawe ukwiye kumubuza uburenganzira bwe aho yabigarutseho agira ati “Nta Munye-Congo n’umwe ushobora kwirukanwa ku butaka bwa Repubulika, guhatirwa guhunga, [no] guhatirwa gutura ahatari iwe hasanzwe.”

Leta ya DRC yumvikanye kenshi ishinja uyu mugabo wahoze ayobora iki gihugu kuba ariwe uri inyuma y’umutwe wa M23 cyane ko nyuma yo gusimburwa kubutegetsi yagaragaje ko aya matora yabayem uburiganya, Perezida Kabil ni kenshi yagiye yumvikana anenga ubutegetsi bwa Felix Tchisekedie ko ariwe nyirabayazana w’iki kibazo cy’umutekano mucye ukomeje gufata indi ntera aha mu burasira zuba bwa Congo.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Joseph Kabila yasubiye muri RDC anyuze i Kigali, nyuma y’imyaka myinshi mu buhungiro
Next Article DRC: Abanye-Congo biteze kumva Ijambo rya Joseph Kabila
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Icyiciro cya mbere cy’abazungu bivugwa ko bahohoterwa muri Afrika y’Epfo cyatwawe muri Amerika
May 12, 2025
Perezida Kagame Yitabiriye Inama y’Abayobozi b’Ibigo muri Côte d’Ivoire
May 12, 2025
Hamas igiye kurekura imbohe y’Umunyamerika wa nyuma mu bafatiwe muri Israheli
May 12, 2025
Inteko ishinga amategeko ya Afurika y’Epfo igiye gukora iperereza ku ngabo zayo zagiye kurwanya M23
May 12, 2025
DRC: Abasaga 110 bishwe n’umwuzure muri Fizi
May 12, 2025

You Might Also Like

AMAKURUIMIKINO

Police Handball Club y’u Rwanda yegukanye igikombe mu Mikino ya EAPCCO

Ikipe ya Polisi y’u Rwanda ya Handball (Police HC) yegukanye igikombe mu mikino ya EAPCCO, itsinze Ethiopia Police HC ibitego…

1 Min Read
POLITIKE

Ibiganiro bya Leta ya Congo na AFC/M23 byari kubera Qatar byasubitswe

Amakuru ku biganiro byari biteganyijwe hagati ya AFC/M23 na leta ya Congo byasubitswe biturutse ku bitero biri kubera aha mu…

2 Min Read
AMAKURU

Kigali: umugore yatwikishije umugabo we isombe nyuma yo kumusangana indaya

Muri Kimisagara ho mu mujyi wa kigali umugore wari utuye aho yatwitse umugabo we akoresheje isombe yari ihiye amutwika wese…

1 Min Read
AMAKURU

Nyamasheke: Abaturage bari mugahinda nyuma yo gupfusha ihene zabo ziriwe n’imbwa z’inyagasozi

Imbwa z’inyagasozi zishe ihene esheshatu z’abaturage bo mu Mudugudu wa Gisesero, Akagari ka Muhororo, Umurenge wa Kirimbi, Akarere ka Nyamasheke,…

4 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?