igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Undi mu nyapolitike ukomeye yasinyiye kuba umunyamuryango wa AFC/M23
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > POLITIKE > Undi mu nyapolitike ukomeye yasinyiye kuba umunyamuryango wa AFC/M23
POLITIKE

Undi mu nyapolitike ukomeye yasinyiye kuba umunyamuryango wa AFC/M23

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: April 1, 2025 10:48 am
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Rex Kazadi akaba umunyapolitike wahataniye kuyobora iki gihugu yahanganye na Felix Tchisekedie mu matora yiyunze ku ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi ba Tchisekedie.

Rex kazadi ni umwe mu banyapolitike bazwi cyane biturutse ku kuba mu mwaka wa 2023 yarahataniye kuyobora iki gihugu cya Congo gusa byaje kurangira atageze aho yifuzaga, uyu mugabo yamaze gutangaza ko yahisemo kwiyunga ku ihuriro rya AFC/M23.

Ni nyuma y’uko hasakaye ubutumwa buhanahanwa ku mbugankoranyambaga bugaragaza uyu mugabo avuga ko yashimishijwe byimazeyo no kuba yamaze kuba umunyamuryango w’iryo huriro. Ni ubutumwa yacishishije ku rukuta rwe rwa X yahuze ari twitter aho yagize ati  “Nishimiye kuba nasinyiye kuba umunyamuryango wa Alliance Fleuve Congo (AFC) uyu munsi. Mwakoze cyane kunyongera mu muryango. Ntewe ishema no kuba umwe muri umwe. Niteguye kwitanga uko nshoboye kose ku bw’indangagaciro dusangiye.”

Rex Kazada yabaye mu ishyaka rimwe na perezida wa Congo Felix Tchisekedie rya UDPS, gusa mu matora yaje guhitamo kwiyamaza nk’uukandida wigenga gusa ntiyahirwa, uyu mugabo yiyamamaza yasezeranyije amacongoman ko aramutse atowe ko ikibazo cy’umutekano wo muburasirazuba bwa Congo kiri mubyo yahita akemura.

Siwe gusa wiyunze ku ihuriro rya AFC/23 kuko umutwe urwanira aho muri Congo wa Twirwaneho nawo wahisemo kwiyunga kuri AFC/M23 ndetse undi wiyunze kuri M23 ni uwitwa Jean-Jacques Mamba wabaye umudepite muri RDC wavuze ko yifatanyije na AFC/M23

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Umugenzi yasubije indege inyuma ubwo yari ihagurutse ifashe ikirere.
Next Article Mu Karere ka Ruhango umugabo yishe inzoka arayirya biteza saga mu baturage
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Bashunga Abouba wahoze ari umunyezamu wa Rayon Sports aravugwaho kwiyitirira impunzi kugira ngo abone ubwenegihugu mu Budage
June 1, 2025
Palestina: Abantu 21 bapfiriye mu muvundo w’abashakaga inkunga muri Gaza, abandi 175 barakomereka bikabije
June 1, 2025
Gicumbi: “Ntituzongera kwitiranya abanyerondo n’abajura” Abaturage bashimira gahunda nshya y’umutekano
June 1, 2025
BNR yashyizeho amabwiriza mashya akumira ikoreshwa ry’amadevize imbere mu gihugu
June 1, 2025
Ikipe ya Pyramids FC yegukanye igikombe cya mbere cya CAF Champions League mu mateka
June 1, 2025

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Nyakubahwa Prezida Paul KAGAME, ari mu bari bwitabire irahira rya Perezida wa Gabon

Abakuru b’ibihugu 16 barimo na Perezida Paul Kagame, bamaze kwemeza ko bazitabira ibirori byo kurahira kwa Perezida Gen. Brice Clotaire…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Menya byinshi kuri Thomas Lubanga washinze umutwe ugamije gushyira iherezo rya nyuma ku butegetsi bwa Kinshasa

Thomas Lubanga, wahoze ari umuyobozi w’umutwe w’inyeshyamba muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yongeye kuvugwa nyuma yo gushinga umutwe…

2 Min Read
AMAKURUPOLITIKE

Bertrand Bisimwa ashinja Leta ya RDC gufatanya na FDLR no kuyihishira

Perezida wa M23 ushinzwe politiki, Bertrand Bisimwa, yashinje ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) kuba igikoresho cy’umutwe w’iterabwoba…

2 Min Read
AMAKURUPOLITIKE

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda yitabiriye inama yabereye mu Bubiligi

Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 21 Gicurasi 2025, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Ambasaderi Olivier Jean-Patrick Nduhungirehe, yageze…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?