igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Utu ni two turere 5 dukennye cyane mu Rwanda
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Utu ni two turere 5 dukennye cyane mu Rwanda
AMAKURUUBUKUNGU

Utu ni two turere 5 dukennye cyane mu Rwanda

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: April 18, 2025 2:11 am
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare giherutse gutangaza uko ibipimo by’ubukene bihagaze mu Rwanda ndetse kigaragaza ibipimo by’ubukene mu mpande zitadukanye. Hagaragajwe kandi uko ubukene buhagaze mu uturere twose tw’igihugu.

Utu ni two turere dutanu tw’u Rwanda dufite ibipimo binini by’ubukene nk’uko byagaragajwe n’ubushakashatsi bwa iki kigo cyakoze mu 2023/2024.

Akarere Ka Nyamagabe ni ko kari ku isonga ubu busahakasahatsi bwo mu 2023/2024 bugaragaza ko aka karere ari aka mbere mu kugira ibipimo byo hejuru mu bukene kuko buri ku kigero cya 51.4%

Hari akarere ka Gisagara mu Ntara y’Amajyepfo kakaba aka kabiri mu gihugu nk’uko ikigo k’igihugu cy’ibarurishamibare mu Rwanda kibivuga. Ubukene muri aka karere kiri ku kigero cya 45.6%

Muri ubu bushakashatsi akarere ka Rusizi mu ntara y’Uburengerazuba. Kaje ku mwanya wa 3 mu gihugu dore ko igipimo cy’ubukene kiri kuri 44.2%.

Akarere ka Nyanza mu Ntara y’Amajyepfo ubu bushakashatsi bwagaragaje ko ubukene muri aka karere buri ku kigero cya 43.3%.

Hari kandi ka Nyamasheke, gaherereye mu ntara y’iburengerazuba ubukene muri aka karere buri ku ki kigero cya 42.8%

Muri rusange ubukene mu Rwanda bugeze kuri 27, 4% buvuye kuri 39.8% bwariho mu 2017. Ni ukuvuga ko ubukene bwagabanutseho 12,4% mu myaka irindwi ishize.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Manchester United ikoze ibyananiye Real Madrid
Next Article Abatwara ibinyabiziga buri mwaka barajya bahabwa amanota y’imyitwarire
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

U Burusiya bukomeje kugaba ibitero muri Ukraine mu gihe bari bumvikanye agahenge
May 12, 2025
Icyiciro cya mbere cy’abazungu bivugwa ko bahohoterwa muri Afrika y’Epfo cyatwawe muri Amerika
May 12, 2025
Perezida Kagame Yitabiriye Inama y’Abayobozi b’Ibigo muri Côte d’Ivoire
May 12, 2025
Hamas igiye kurekura imbohe y’Umunyamerika wa nyuma mu bafatiwe muri Israheli
May 12, 2025
Inteko ishinga amategeko ya Afurika y’Epfo igiye gukora iperereza ku ngabo zayo zagiye kurwanya M23
May 12, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Rwezamenyo: Abaturage batewe ubwoba n’abajura basigaye babategera mu nzira bakabambura bakabatera n’ibyuma

Abaturage bo mu Murenge wa Rwezamenyo, Akarere ka Nyarugenge, baravuga ko batewe ubwoba n'abajura basigaye babategera mu nzira bakabambura rimwe…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Burundi: Abapolisi babiri n’Umunyamabanga Mukuru wa FFB batawe muri yombi bazira kuganira ku ntambara yo muri RDC

Abantu bane bo mu muryango umwe bafungiwe muri Gereza Nkuru ya Mpimba i Bujumbura, nyuma y’uko bagaragaye baganira ku ntambara…

3 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Perezida Museveni yageneye buri mudepite wa Uganda miliyoni 100

Umukuru w'igihugu cya Uganda Yoweri Kaguta Museveni agiye gutanga akayabo kubadepite bo mu gihugu cye. Bamwe mu bagize Inteko Ishinga…

2 Min Read
AMAKURU

Minisitiri Utumatwishima yakebuye urubyiruko ruri kurangazwa n’imbuga nkoranyambaga mu bihe by’icyumweru cy’Icyunamo

Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yakebuye urubyiruko ruri kurangazwa n’imbuga nkoranyambaga mu bihe by’icyumweru cy’Icyunamo rugakora…

3 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?