igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Vatican: Abakaridinali bananiwe kumvikana kugomba kuba Papa mushya, nyuma y’urupfu rwa Papa Fransisiko
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Vatican: Abakaridinali bananiwe kumvikana kugomba kuba Papa mushya, nyuma y’urupfu rwa Papa Fransisiko
AMAKURUMU MAHANGA

Vatican: Abakaridinali bananiwe kumvikana kugomba kuba Papa mushya, nyuma y’urupfu rwa Papa Fransisiko

TWIZEYIMANA DAVID
Last updated: May 8, 2025 10:15 am
TWIZEYIMANA DAVID
Share
SHARE

Nyuma y’urupfu rwa Papa Fransisiko ku wa Mbere wa Pasika, abakaridinali bifungiraniye muri Chapel ya Sistine kugira ngo batore uzamusimbura. Amatora ya mbere ya conclave yatumye hazamurwa umwotsi w’umukara kandi nta papa mushya wabonetse.

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 7 Gicurasi 2025, umwotsi w’umukara ukaba wazamutse uva i Vatican, byerekana ko abakaridinali gatolika, nk’uko byari byitezwe, batigeze bafata umwanzuro ku ugomba kuyobora iryo torero nka papa ukurikira.

Ibihumbi n’ibihumbi by’abantu bateraniye mu kibanza cya Mutagatifu Petero bari bakeneye kwihangana kuko byatwaye igihe kirenze icyari giteganijwe kugira ngo umwotsi uve muri chimney, amasaha arenga atatu abakaridinari batangiye guterana.

Biteganyijwe ko amatora ataha yo gushaka Papa uzasimbura Fransisiko wapfuye kuwa 21 Mata 2025, agomba kuba kuri uyu wa Kane.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article “Kuki Umugi wa Kigali ari wo usesagura umutungo wa leta?” – Senateri Mureshyankwano
Next Article Pakistan yahaye gasopo Ubuhinde yemeza ko igiye gusenya imijyi yabwo ikomeye
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

U Bwongereza: Abahamwe n’ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina bagiye kujya bahabwa imiti igabanya ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina
May 24, 2025
REG VC mu kwitegura Shampiyona igiye kuza, yatangiye kwibikaho abakinnyi
May 23, 2025
Kaminuza ya Harvard yajyanye Leta Zunze ubumwe za Amerika mu nkiko
May 23, 2025
Kuki Abanyamakuru batajya bubaka ingo ngo zirambe? Dore abanyamakuru babishoboye
May 23, 2025
Human right watch yamaganye ubwicanyi bukorwa n’abarwanyi ba Wazalendo
May 23, 2025

You Might Also Like

AMAKURUUTUNTU N' UTUNDI

Ubuhanuzi bukomeye: Pasiteri Kavoma avuga ko RDC izacikamo ibice bitatu nyuma y’intambara ikaze izakurikirwa n’urupfu rwa Tshisekedi

Pasiteri Kavoma, umuhanuzi akaba n’Umushumba mu itorero ry’Abanyamulenge rikorera mu mujyi wa Mbarara muri Uganda, yagaragaje ubuhanuzi bukomeye ku hazaza…

4 Min Read
AMAKURUUBUKUNGU

Miliyari zisaga 7000 ni zo ziteganyijwe mu mbanzirizamushinga y’itegeko rigena Ingengo y’Imari ya Leta ya 2025/2026

Minisitiri w'Imari n'Igenamigambi, Yusuf Murangwa yatangarije Inteko Ishinga Amategeko Imitwe yombi imbanzirizamushinga y’itegeko rigena Ingengo y’Imari ya Leta y’umwaka wa…

1 Min Read
AMAKURU

Urukiko rwa Loni rwagaragaje ko Kabuga Félicien akomeje kurubera umutwaro mu gihe rusabwa kugabanya ingengo y’imari rukoresha

Urwego rw’Umuryango w’Abibumbye rwashyiriweho gukora imirimo y’insigarira y’inkiko mpuzamahanga mpanabyaha (IRMCT) rwagaragaje ko Kabuga Félicien akomeje kurubera umutwaro mu gihe…

3 Min Read
AMAKURU

RIB yatangaje ko yafashe Turahirwa Moses watangije Moshion

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Turahirwa Moses, washinze kandi ayobora inzu y’imideli ya Moshions, akekwaho icyaha cyo gukoresha…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?