igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Byinshi wasobanukirwa kuri filime ‘Final Destination Bloodlines’ iri mu zigezweho muri iki gihe
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > IMYIDAGADURO > Byinshi wasobanukirwa kuri filime ‘Final Destination Bloodlines’ iri mu zigezweho muri iki gihe
IMYIDAGADURO

Byinshi wasobanukirwa kuri filime ‘Final Destination Bloodlines’ iri mu zigezweho muri iki gihe

TWIZEYIMANA DAVID
Last updated: May 28, 2025 8:31 am
TWIZEYIMANA DAVID
Share
SHARE

Abakunzi ba filime mu Rwanda no hanze yarwo bari mu byishimo nyuma yo kujya hanze kwa ‘Final Destination Bloodlines’, iri mu zigezweho kandi zikunzwe cyane.

Ni filime imaze iminsi mike igiye hanze cyane ko yasohotse ku wa 16 Gicurasi 2025. Iyi filime yo muri Amerika imara iminota 110. Yashowemo miliyoni 50$.

Igaruka ku nkuru yo mu 1969 ya Iris Campbell n’umusore bakundanaga, Paul. Itangira aba bombi bitabiriye ibirori byo gutaha ku mugaragaro Skyview, inyubako ndende yubatse nk’umunara, irimo restaurant y’akataraboneka.

Mu birori by’umuziki n’imbyino byabereye muri iyi nyubako, Iris yagize iyerekwa, aho aza kuvumbura ko iyi nyubako igiye gusandara, biturutse ku gutoboka kw’igisenge cy’ikirahure, no guturika kwa ‘gaz’, maze akarokora abari aho bose.

Ni inkuru y’ahahise ikurikirana umwuzukuru wa Iris, uba witwa Stefani Reyes. Aba asanzwe ari umunyeshuri muri kaminuza. Uyu mukobwa atangira kujya arota inzozi mbi z’iyo mpanuka, akabura amahoro ndetse no ku ishuri bakabona ko hari ikibazo afite gikomeye.

Aza kumva ko ibyo arota bishobora kuba bifitanye isano na nyirakuru, Iris, agahitamo gusubira iwabo gushaka ibisobanuro.

‘Final Destination Bloodlines’ iri kwerekanwa mu nzu zerekanirwamo filime ku Isi yose. Mu Rwanda ushaka kuyireba wajya kuri Canal Olympia ku i Rebero aho yerekanwa buri munsi.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Rutsiro: Umugabo yagwiriwe n’ibuye arapfa
Next Article Lamine Yamal yongereye amasezerano y’imyaka itandatu muri FC Barcelone
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Annet Murava yerekanye ko akumbuye umugabo we
May 31, 2025
Meddy agiye kongera gutaramira Abanyarwanda
May 31, 2025
Dore amakosa abantu bakora barimo barateka batabizi
May 31, 2025
Nangaa yagaragaje abantu bibiye Tshisekedi amajwi agatsinda amatora
May 31, 2025
Uwabaye Minisitiri w’intebe wa RDC yaburiwe irengero
May 31, 2025

You Might Also Like

IMYIDAGADURO

Bebe Cool yibasiye Eddy Kenzo amusaba kureka kwiriza

Nyuma y’uko Diamond Platnumz ataramiye muri Uganda agahabwa akayabo k’amafaranga abandi bagahabwa intica n’ikize bikababaza Eddy Kenzo, Bebe Cool yamusabye…

3 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

Nyina wa Beyoncé arwaye indwara ya kanseri y’ibere

Tina Knowles umubyeyi wa Beyoncé yavuze uko yaje kurwara kanseri y'ibere n'uko yaje kwivuza akaza gukira. Ku nshuro ya mbere…

1 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

Weasel yahishuye ko Teta Sandra agiye kumwerekana iwabo

Douglas Mayanja wamenyekanye nka Weasel yageze i Kigali mu gitondo cyo kuri uyu wa 24 Gicurasi 2025, aho yitabiriye igitaramo…

2 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

Tiwa Savage yagiriye inama abahanzi bakizamuka

Tiwa Savage yagiriye inama abahanzi bakizamuka kwikunda, kwiyitaho, no kutita ku bivugwa ku mbuga nkoranyambaga. Uyu muhanzikazi asobanura ko ikintu…

0 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?