igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Yoon Suk-Yeol wari perezida wa Korea Y’epfo yegujwe
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Yoon Suk-Yeol wari perezida wa Korea Y’epfo yegujwe
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Yoon Suk-Yeol wari perezida wa Korea Y’epfo yegujwe

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: April 4, 2025 10:51 am
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Urukiko Rukuru rushinzwe kubahiriza itegeko nshinga muri Koreya y’Epfo, kuri uyu wa gatanu tariki ya 04 mata 2025 rwemeje ko Perezida Yoon Suk-yeol yegujwe, ku ni nyuma y’amezi ane ashyize ashinjwe guteza akavuye muri politiki nyuma y’itegeko rya gisirikare rishya yatangaje.

Kuri ubu imbaga y’abaturage bari mu myigaragambyo mu murwa mukuru Seoul mu kwishimira icyemezo cy’urukiko, cyatangajwe nyuma y’uko uyu wari umukuru w’iguhugu yategetse ko igisirikare cyinjira mu Nteko Ishinga Amategeko, bivugwa ko yari  agamije kwirukana abadepite bo mu ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwe.

Ni itegeko rya gisirikare ryamaze amasaha 6 gusa, maze riteza umwuka mubi mu gihugu, ndetse ritera ihungabana ry’ubukungu hamwe no gukurura impungenge mu bafatanyabikorwa b’iki gihugu.

Moon Hyung-bae, Umuyobozi w’agateganyo w’Urukiko Rukuru, atangaza ko uyu wari perezida yarenze ku itegeko nshinga agakoresha igisirikare n’igipolisi mu buryo butemewe n’amategeko, mu kuburizamo ibikorwa by’Inteko Ishinga Amategeko y’iki gihugu

Ni ingingo yagendeweho hategurwa amatora mashya y’umukuru w’igihugu azaba mu mezi abiri ari imbere.

Abinyujije mu itangazo yashyikirije abanyamategeko be, perezida Yoon yagaragaje akababaro ke ko kutabasha gusohoza inshingano yari yahawe n’abaturage, ndetse yongeraho ko byari ishema kuri we kuba umukozi wa Koreya y’Epfo.

Ahagaritswe manda ye itararangira hari amakuru avuga ko uwitwa Lee Jae-myung, umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi, ashobora kuba ariwe wasimbura Yoon Suk-yeol.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article ”Ububiligi ntibuzatubuza abibuka kubikora” Dr Bizimana
Next Article Ikamyo yari itwaye amavuta yo guteka ikongokeye i Nyamasheke
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Niba ukunda Filime ziteye ubwoba, Dore filime 10 zikunzwe cyane wareba
May 21, 2025
Rayon Sport yatakaje umwanya wa mbere nyuma yo kunanirwa kwishyura Bugesera FC
May 21, 2025
Inkomoko y’insigamugani ‘Habe na Mba’
May 21, 2025
Huawei yashyize hanze mudasobwa idasanzwe
May 21, 2025
U Rwanda na Loni basinye amasezerano y’imyaka itanu agamije guteza imbere igihugu
May 21, 2025

You Might Also Like

AMAKURUIMIKINOMU MAHANGA

Arsenal ntiwayituma cyangwa ni Premier Legue itoroshye?

Kuwa 2 Taliki 08 Mata ni bwo Ikipe ya Arsenal yakinaga irushanwa rya UEFA Champions League aho yakiriye Ikipe Real…

1 Min Read
AMAKURUPOLITIKE

“Birababaje ko imwe mu miryango mpuzamahanga yirengagiza ko FDRL ibaho” – Amb.NDUHUNGIREHE

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yanenze amahanga gukomeza gutera agati mu ryinyo bakirengagiza ko umutwe w’iterabwoba wa FDLR…

2 Min Read
MU MAHANGA

Mu bwongereza kwitwa umugore byahawe umuronko mushya

Urukiko rw'ikirenga rwemeje ko kwitwa umugore bigiye kujya bishingira ku gitsina wavukanye aho byagenderwaho kubera amarangamutima Igihugu cy'Ubwongereza muri iyi…

1 Min Read
AMAKURUUBUZIMA

Inkuba Ziri ku isonga mu biza byahitanye benshi muri Werurwe – MINEMA

Mu bushakashatsi bwakozwe na Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA) bwakozwe ku bantu bibasiwe n’ibiza mu kwezi kwa Werurwe 2025, bwagaragawemo ko…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?