igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Urutonde rw’ibihugu 10 bifite abaturage bishimye kurenza abandi ku isi, Amerika itarimo
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Urutonde rw’ibihugu 10 bifite abaturage bishimye kurenza abandi ku isi, Amerika itarimo
AMAKURU

Urutonde rw’ibihugu 10 bifite abaturage bishimye kurenza abandi ku isi, Amerika itarimo

TWIZEYIMANA DAVID
Last updated: April 5, 2025 3:20 pm
TWIZEYIMANA DAVID
Share
SHARE

Igihugu cyaje ku mwanya wa mbere mu bihugu bifite abaturage bishimye kurenza abandi ku isi mu myaka umunani ishize, cyongeye kugaruka kuri uwo mwanya. Kugeza ubu muri Leta zunze ubumwe za Amerika ibintu ntabwo byifashe neza, kuko iki gihugu kitagaragara na gato kuri uru rutonde.

Kuri ubu Finland yongeye kwisubiza umwanya wayo wa mbere mu bihugu bifite abaturage bishimye, mu gihe Leta zunze ubumwe za Amerika iri ku mwanya wa 24.

Mu bihugu bya Leta zunze ubumwe za Amerika, bigaragara ko byasubiye inyuma kubera gahunda y’abayobozi b’ibi bihugu, gusa abaturage bo ubwabo ni abagwaneza kurenza uko abantu babitekereza.

Urutonde rwa none, igihugu cya Finland cyaje ku mwanya wa mbere n’amanota 7.7 ku 10 mu gihe cyaje gikurikiwe na Denmark.

Urwo rutonde ni uru rukurikira:

1. Finland

2. Denmark

3. Iceland

4. Sweden

5. Netherlands

6. Costa Rica

7. Norway

8. Israel

9. Luxembourg

10. Mexico

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article “Ni nsindwa mu matora nzajya guhinga”_Perezida William Ruto
Next Article Impunzi yaguye mu mubyigano wo gufata ibyo kurya
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Abadiporomate b’uburayi basabye murumuna wa Museveni gukorera ikintu gikomeye Muhoozi wababujije amahwemo
May 22, 2025
Gasabo: Polisi yataye muri yombi abantu batatu harimo ukekwaho gutegera umuntu mu nzira akamutera icyuma
May 22, 2025
Argentine: Abasaza n’abakecuru bakomeje gukomerekera mu myigaragambyo yamagana amafaranga make ya ”Pansiyo” bahabwa
May 22, 2025
Rusizi: Umwarimu arashakishwa n’inzego z’umutekano akekwaho gusambanya umunyeshuri yigisha w’imyaka 15
May 22, 2025
Sénégal: Ingabo zose z’amahanga zihari zigiye kwirukanwa
May 22, 2025

You Might Also Like

AMAKURUIMIKINOMU MAHANGA

EUROPA LEAGUE: Man U iteye intambwe ya mbere igana ku mukino wa nyuma

Mu mukino ubanza wa ½ k’irangiza mu irushanwa rya UEFA Europa League ikipe ya Athletic Club de Bilbao yo mu…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Imfungwa mu Burundi amafaranga ya bougie yababanye ikibazo gikomeye

Abagororwa bashya bakomeje gukorerwa iyicarubozo basabwa amafaranga yo kugura bougie aho barazwa rwa ntambi n'abo basanze muri gereza bakabahonda bazira…

2 Min Read
AMAKURU

Huye: Umuturage yishe mugenzi we amuziza inzoga y’amafaranga 300 Frw

Mazimpaka François w’imyaka 42, wari umucuruzi w’inzoga, yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho gukubita inyundo mu mutwe umuturanyi we wari…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Amerika yasubukuye ubucukuzi bw’itini Walikale muri RDC

Ku wa 9 Mata 2025, sosiyete y’Abanyamerika Alphamin yatangaje ko igiye kongera gukora ibikorwa by’ubucukuzi bw’itini ku birombe bya Bisie,…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?