igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: FERWAFA yirukanye burundu abasifuzi batatu
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > FERWAFA yirukanye burundu abasifuzi batatu
AMAKURUIMIKINO

FERWAFA yirukanye burundu abasifuzi batatu

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: May 13, 2025 2:28 pm
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryahagaritse burundu abasifuzi barimo Amida Hemedi, Uwimana Ally na Mbarute Djihadi nyuma y’uko bigaragaye ko bagira uruhare mu kugena uko umukino uri burangire binyuze mu buriganya ibizwi nka (match fixing) hamwe n’ibindi.

Uyu Amida Hemedi wasifuraga mu kibuga hagati, yazize kugira uruhare mu guhuza abasifuzi n’abantu bakora uko kugena uko umukino urangira ‘match fixing’.

Uwimana Ally we yirukanwe nyuma y’uko bigaragaye ko we ashishikariza bamwe mu basifuzi gutega (betting) ku mikino yo mu Rwanda kandi bakabikora ku mikino bahawe gusifura.

Hanyuma Mbarute Djihadi we yirukanwe nyuma y’uko bigaragaye ko yakiriye amafaranga y’abantu bagena uko umukino uri burangire (match fixing).

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Nyarugenge: Polisi yataye muri yombi abagabo 2 bakekwaho kwiba umunyamisiri
Next Article Gasabo: Abagabo babiri bafatanywe udupfunyika tw’urumogi 93 Police yo mu Karere ka Gasabo yataye muri yombi abagabo babiri bafatanwe udupfunyika tw’urumogi
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Vital Kamerhe yashyikirije Perezida Museveni ubutumwa bwihariye bwa Tshisekedi
May 13, 2025
Umushinwa wigana Donald Trump akomeje gukurura abatari bake ku mbuga nkoranyambaga
May 13, 2025
Umugabo wo mu Karere ka Nyanza akurikiranyweho kwica umwana we w’imyaka 11
May 13, 2025
APR FC yasezereye umutoza Darko Nović n’abungiriza be
May 13, 2025
Ambasaderi Gen. Patrick Nyamvumba yashyikirije Perezida wa Seychelles impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda
May 13, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

RIB yatangaje ko yafashe Turahirwa Moses watangije Moshion

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Turahirwa Moses, washinze kandi ayobora inzu y’imideli ya Moshions, akekwaho icyaha cyo gukoresha…

1 Min Read
AMAKURU

Abanyekongo bo muri Diaspora bifatanyije na AFC-M23 mu rugamba rwo guhirika ubutegetsi bwa Perezida Tshisekedi

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 9 Gicurasi 2025, umutwe wa Alliance Fleuve Congo (AFC), ubarizwamo inyeshyamba za M23, watangaje…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

DRC: Abasaga 110 bishwe n’umwuzure muri Fizi

Ubuyobozi bwa teritwari ya Fizi, intara ya Kivu y’Amajyepfo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bwatangaje ko umwuzure…

1 Min Read
AMAKURU

Ubushinwa bwarahiriye kurwana na Amerika intambara y’ubucuruzi kugeza ku mwuka wa nyuma

Leta y’u Bushinwa yatangaje ko idateze gukuraho umusoro wa 34% yashyize ku bicuruzwa bituruka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika,…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?