igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: U Bufaransa bwahagaritse guha intwaro Ukraine
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > U Bufaransa bwahagaritse guha intwaro Ukraine
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

U Bufaransa bwahagaritse guha intwaro Ukraine

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: May 15, 2025 9:54 am
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Igihugu cy’u Bufaransa nta ntwaro kizongera guha igihugu cya Ukraine mu ntambara gihanganyemo n’u Burusiya nk’uko Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yabitangaje.

Macron yabivugiye mu kiganiro na televiziyo ya TF1 ku wa Kabiri, aho yagaragaje ko u Bufaransa ntako butagize ngo bufashe igihugu cya Ukraine gusa bakaba bageze ku ihererezo ry’ubushobozi bwabo.

Yagize ati “Twatanze ibyo twari dufite byose. Ariko ntidushobora gutanga ibyo tudafite, kandi ntitwakwambura igihugu cyacu ibikenewe mu kurengera umutekano wacyo bwite.”

Miliyali 4,1 z’amadorali ya Amerika ni zo zimaze gutikirira mu bikorwa byo Ukraine intwaro guhera mu 2022, nk’uko byatangajwe na Kiel Institute. Ari na ho bamwe mu baturage bahera banenga Perezida Macron kwita ku ntambara ya Ukraine kurusha uko yita ku baturage n’imibereho y’igihugu ke cy’u Bufaransa.

U Bufaransa n’ubundi buri mu bihe bitari byiza kuko buhanganye n’ibibazo bikomeye by’ubukungu, dore ko umwenda wa Leta ugeze kuri 110% by’umusaruro mbumbe w’igihugu, naho icyuho cy’ingengo y’imari cyageze kuri 5,8% mu mwaka wa 2024 kikaba cyararenze umurongo ntarengwa wa 3% usabwa n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi. Ni mu gihe kandi ubukungu buzazamuka ku kigero kiri munsi ya 1% mu 2025.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Leta ya Congo ikomeje kwikoma bikomeye u Rwanda
Next Article Abakobwa biga imyuga barimo kwakwa ruswa y’igitsina
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025
Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
May 17, 2025
Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
May 17, 2025

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGA

M23 yatanze umuburo kubasirikare ba FRDC bari kwifotoreza muri Walikale

Ihuriro AFC/M23 batanze umuburo kubasirikare ba leta ya Congo bakomeje kugaragaza amafoto bari mu mujyi wa Walikale, babibutsa ko igihe…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Ingabo za SADC ziri mu cyiciro cya kabiri zatashye zivuye mu Burasirazuba bwa Congo, zinyuze ku butaka bw’u Rwanda

Ingabo z’Umuryango w’Iterambere ry’Ibihugu byo muri Afurika y’Amajyepfo (SADC), zari zimaze umwaka n’amezi atandatu mu butumwa bw’amahoro mu Burasirazuba bwa…

4 Min Read
AMAKURU

Kicukiro: Umugabo yamize inyama nk’umira ibinini iramuhitana

Mu Karere ka Kicukiro Umurenge wa Gahanga Akagari ka Kagasa, umugabo witwa Habiyambere Abdou uri mu kigero cy’imyaka 48, yagiye…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Amerika yasubukuye ubucukuzi bw’itini Walikale muri RDC

Ku wa 9 Mata 2025, sosiyete y’Abanyamerika Alphamin yatangaje ko igiye kongera gukora ibikorwa by’ubucukuzi bw’itini ku birombe bya Bisie,…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?