igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Umugore wiyita Imana ndetse akanarinda urupfu abantu yafunzwe
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Umugore wiyita Imana ndetse akanarinda urupfu abantu yafunzwe
AMAKURU

Umugore wiyita Imana ndetse akanarinda urupfu abantu yafunzwe

IYAKAREMYE FERDINAND
Last updated: May 16, 2025 9:19 am
IYAKAREMYE FERDINAND
Share
SHARE


Umukozi w’Imana Diana Edward Bundala, uzwi ku mazina ya Mfalme Zumaridi wo muri Tanzania yatawe muriyombi na Polisi aho kurikiranywe ibyaha bibiri harimo nicyo kuba yarafashe abana bato ababwira ko ariwe Mana kandi ko azabarinda ikitwa Urupfu.

Polisi yo mu ntara ya Mwanza muri Tanzania,   kuri uyu wa kane tariki 15 Gicurasi 2025, yatangaje ko yataye muriyombi Umwami Zumaridi aho akurikiranyweho ibyaha bibiri.

Ibyo byaha akurikiranyweho, harimo icyokuba yarafashe urugo rwe akarugira urusengero binyuranyije n’amateko kubera ko urwo rusengero ruri muri Karitsiye kuburyo iyo basenga asakuriza abaturage baturanye nawe.

Ikindi cyaha Polisi yavuze ikurikiranyeho uwo Mwami Zumarida,  harimo video iriho ikwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga aho yafashe abana bato  babahungu n’abakobwa, maze atangira kubabwira ko ariwe Mana yabo kandi ko azabarinda ikitwa Urupfu.

Polisi yasabye abaturage bafite amakuru kuri  Zumarida kuyatanga kuri Polisi kugirango  hamenyekane ukuri kubyo akurikiranyweho.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Gucyura abasirikare n’abapolisi ba Congo 1359 bahungiye kuri MONUSCO byarangiye
Next Article James Comey wahoze ayobora FBI akurikiranyweho gushaka kwivugana Trump
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Uwaguze Man United akomeje guhomba bikomeye
May 16, 2025
Abapolisi 833 Barangije Amahugurwa yo Kurwanya Iterabwoba i Mayange
May 16, 2025
Chris Brown agiye Gufungwa iminsi 30 y’agateganyo
May 16, 2025
Emery Bayisenge yasezeranye imbere y’amategeko
May 16, 2025
Umusirikare wishe bagenzi be batatu yakatiwe igihano cy’urupfu
Kinshasa: Igihano cy’urupfu ku musirikare wishe bagenzi be batatu
May 16, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Inkuru y’akababaro, Niyo Bosco yapfushije Se umubyara

Umuhanzi Niyo Bosco kuri ubu yabuze se umubyara witabye Imana kuri uyu wa 23 Mata 2025. Abinyujije ku mbiga  nkoranyambaga…

1 Min Read
AMAKURU

RDC yerekeje Amaso ku bacanshuro b’abanya-Colombia nyuma y’itsindwa ry’abo muri Romania

Nyuma y’amezi abacanshuro bo muri Romania bafashaga ingabo za FARDC mu ntambara na M23 ariko bikarangira batsinzwe bagataha, ubutegetsi bwa…

3 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Imyigaragambyo yo kwamagana Trump yadutse muri Leta zunze ubumwe za Amerika

Kuri uyu wa gatandatutaliki 29 Mata 2025 ibihumbi by'abaturage biraye mu mihanda mu myigaragambyo yo kwamagana imishinga Prezida Trump, ni…

1 Min Read
AMAKURU

Perezida Donald Trump atangaje ko u Rwanda na RDC bigiye Kubona amahoro arambye

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC)…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?