igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Nicolas Sarkozy yakuweho igikomo k’ikoranabuhanga
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Nicolas Sarkozy yakuweho igikomo k’ikoranabuhanga
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Nicolas Sarkozy yakuweho igikomo k’ikoranabuhanga

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: May 16, 2025 1:06 pm
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Nicolas Sarkozy wahoze ayobora u Bufaransa yakuweho igikomo cy’ikoranabuhanga yari yambitswe kubera ibyaha bya ruswa yahamijwe nk’uko byanzuwe n’inzego z’ubuyobozi mu Bufaransa ngo adohorerwe.

Hari hashize igihe kitari gito Sarkozy yambitswe iki gikomo kuko yacyambaye kuva muri Gashyantare mu cyimbo cyo gufungwa umwaka umwe nyuma yo guhamya ibyaha gushaka guha ruswa umucamanza, aba Umukuru w’Igihugu cy’u Bufaransa wa mbere uhanishijwe icyo cyaha.

Urukiko rukuru rw’ubujurire mu Ukuboza 2024, rwategetse ko Sarkozy agomba kwambara icyo gikomo cy’ikoranabuhanga mu gihe cy’umwaka umwe, gusa hakaba haba amahirwe ko bishoboka ko yacyamburwa mbere y’icyo gihe bitewe n’imyaka ye.

K’uko byemejwe n’Ubushinjacyaha, Ku wa Gatatu w’iki cyumweru Sarkozy yakuweho icyo gikomo nyuma y’amezi asaga acyambaye.

Nubwo yakuweho iki gikomo, Ubushinjacyaha bwatangaje ko bidasobanuye ko Sarkozy ahanaguweho icyaha dore ko bwategetse ko agomba kujya amenyesha Ubushinjacyaha ingendo ateganya hanze y’igihugu mbere yo kuzikora.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Kinshasa: Sena ya RDC yashyizeho Komisiyo yo gusuzuma niba Joseph Kabila yakwamburwa ubudahangarwa
Next Article Pariki y’Akagera yitegura kwakira inkura 70 zivuye muri Afurika y’Epfo
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025
Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
May 17, 2025
Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
May 17, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Uruganda rutunganya urumogi mu Rwanda rugeze kure rwubakwa

Ubuyobozi bw’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), buratangaza ko imirimo yo kubaka uruganda rutunganya urumogi rwifashishwa mu buvuzi igeze ku kigero cya…

3 Min Read
AMAKURU

Gatsibo: Bane bafashwe bazira kwiba no kubaga Ingurube z’abaturage

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Gatsibo yataye muri yombi abantu bane bakurikiranyweho kwiba ingurube z’abaturage, bamwe bakazibaga bakajya…

2 Min Read
AMAKURU

”Abanyarwanda nta byinshi dufite ngo dutete” Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye itsinda ry’abanyeshuri biga mu ishami ry’ubucuruzi muri Kaminuza ya Harvard yo muri…

2 Min Read
AMAKURU

Abantu 14 bakomerekeye mu mpanuka ya tagisi minibisi yarenze umuhanda

Mu gitondo cyo ku wa Kabiri, tariki ya 13 Gicurasi 2025, habaye impanuka y’imodoka yabereye mu Murenge wa Mururu, Akarere…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?