igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Sheilah Gashumba yavuze ko kwita ‘Mama’ umukobwa se aheruka kurongora bitazashoboka
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Sheilah Gashumba yavuze ko kwita ‘Mama’ umukobwa se aheruka kurongora bitazashoboka
AMAKURUMU MAHANGA

Sheilah Gashumba yavuze ko kwita ‘Mama’ umukobwa se aheruka kurongora bitazashoboka

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: May 17, 2025 4:53 pm
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Umwana wa Frank Gashumba uherutse gukorana ubukwe n’umukobwa arusha imyaka 29, Sheilah Gashumba yatangaje ko bitazashoboka ko uyu mukobwa Mama.

Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa X ubwo umwe mu bamukurikirana yamubazaga impamvu mu mafoto y’ubukwe bwa Se yasangije abamukurikira ntahantu na hamwe yigeze avuga ko uyu washyingiranwe na se ari Mama.

Ajya kumusubiza yaseyse cyane maze aravuga ati ” Mwese murakina cyane gusa ntibishoboka, umuntu wenyine muri ubu buzima nzita Mama ni uwambyaye rero abandi mutuze”.

Yifurije uyu mukobwa wabengutswe na Se urugo ruhire anamusaba ko yazamubyarira abandi bavandimwe babiri ,

Ati ” ishyuka Malaika Mwiza! Nkeneye abavandimwe babiri.”

Uyu Malaika Mutoni Patience wabengushywe na pa we afite imyaka 25 ya mavuko, ku munsi wo ku wa 15 Gicurasi 2025 nibwo habayeho umuhango wo kumusaba ndetse aranakobwa.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article U Rwanda rwakiriye Abanyarwanda 360 bari baragizwe imbohe na FDLR muri RDC
Next Article Umukino Bugesera yari imaze gutsindamo Rayon Sports wahagaze kubera imvururu z’abafana ba Rayon Sports
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025
Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
May 17, 2025
Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
May 17, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Pop Francis yamaze kuva mu buzima nk’uko bitangajwe na Vatican

Umushumba wa Catholic Pop Francis wari umaze igihe arwaye yamaze gushiramo umwuka azize indwara y'umusonga wo mu bihaha Umushumba wa…

3 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Igisirikare cya SADC cyatangiye gutaha bava aha muri Congo nk’uko bari babitangaje

Umuryango wa SADC watangiye gucyura ingabo zabo zari ziri kurugamba hano muri Congo batangiye gutaha baciye mu Rwanda. Ibikoresho bikomeye…

2 Min Read
AMAKURUIMIKINO

Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan yahaye ikipe ya Simba SC indege yihariye izayifasha kujya muri Maroc

Perezida wa Tanzania, Dr Samia Suluhu Hassan, yahaye ikipe ya Simba SC indege yihariye izayifasha kujya muri Maroc gukina umukino…

1 Min Read
AMAKURU

Abapolisi 833 Barangije Amahugurwa yo Kurwanya Iterabwoba i Mayange

Ku wa Gatanu tariki ya 16 Gicurasi 2025, Polisi y’u Rwanda yashimye intambwe yatewe n’abapolisi 833 barangije icyiciro cya kabiri…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?