igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Uganda: Polisi yafunze Umukecuru ukekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umwuzukuru we w’imyaka 6
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Uganda: Polisi yafunze Umukecuru ukekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umwuzukuru we w’imyaka 6
AMAKURU

Uganda: Polisi yafunze Umukecuru ukekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umwuzukuru we w’imyaka 6

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: May 19, 2025 2:03 am
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Polisi ya Uganda ikorera mu karere ka Mukono yatangaje ko yataye muri yombi abantu bane bakekwako ubwicanyi ndengakamere bwakorewe umwana w’umukobwa w’imyaka 6 barimo na Nyirakuru.

Uwishwe ni uwitwa Naddumba Mariam wabaga Kisoga mu karere ka Mukono ho mu Gihugu cya Uganda.

Kuwa 14 Gicurasi nibwo byatangajwe ko nyakwigendera yaburiwe irengero bivuzwe na nyirakuru witwa Nyaburu Jane.

Nyuma yaje gusangwa mu murima w’ibigori yapfuye, mu gitondo cya taliki 15 Gicurasi yakomerekejwe mu myanya myibarukiro.

Kuwa 18 Gicurasi umuvugiizi wa Polisi muri Kampala Luke Owoyesigyire yemeje ko abantu 4 bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’uyu mwana w’umukobwa barimo na nyirakuru wa nyakwigendera batawe muri yombi.

Yagize ati “dushingiye ku makuru atangwa n’abaturage bari aho icyaha cyabereye ndetse n’ibibazo babajijwe mu iperereza, 4 batawe muri yombi bakekwaho kugira uruhare muri uru rupfu.”

Abatawe muri yombi Barimo: Senoga Moses, Ntege Jackson, Zalwango Florence, Hamwe na nyirakuru wa nyakwigendera Nyaburu Jane.

Aba bose ni abaturage b’igiturage cya Kisoga, bakaba batawe muri yombi mu gihe iperereza rigikomeje.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Putin yagaragaje ikifuzo k’igihugu cye mu biganiro by’amahoro
Next Article Umusaza yishwe anogowemo amaso hakekwa umugore we n’umuhungu we
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Urukingo rwa SIDA rwageragerejwe mu Rwanda ruri gutanga icyizere
May 19, 2025
Kiliziya Gatolika ishyamiranye na Leta ya RDC kubera impamvu ikomeye
May 19, 2025
Amerika yashinjwe umugambi wo kwimurira Abanya-Palestine muri Libya
Leta z’unze ubumwe za Amarica zirashinjwa kwimura Abanya-Palestine muri Africa
May 19, 2025
Abagore bageze igihe cyo gucura bazinukwa imibonano mpuzabitsina
May 19, 2025
Umuhanzi The Ben yatunguwe n’umufana yamuhaye isutiye i Kampala ubwo yari kurubyiniro
May 19, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Aba cardinals 133 bose bari kwitegura gutora Papa mushya usimbura uherutse kwitaba Imana

Aba cardinals 133 bose bamaze kugera muri Chapelle Sistine iri i Roma ngo batore Papa usimbura Francis uherutse gupfa. Abatora…

4 Min Read
AMAKURUPOLITIKE

U Rwanda rwanyomoje amakuru y’ibiganiro by’amahoro byavugwaga na RDC

Guverinoma y’u Rwanda yateye utwatsi amakuru yavugaga ko hari imbanzirizamushinga y’amasezerano y’amahoro yatangiye kuganirwaho hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira…

3 Min Read
AMAKURU

Leta ya Afghanistan yataye muri yombi abantu 14 bazira kuririmba no gucuranga ibikoresho by’umuziki

Leta ya Afghanistan yataye muri yombi abantu 14 mu majyaruguru y’igihugu, bazira kuririmba no gucuranga ibikoresho by’umuziki, ibikorwa bimaze igihe…

1 Min Read
AMAKURU

Gatsibo: Bane bafashwe bazira kwiba no kubaga Ingurube z’abaturage

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Gatsibo yataye muri yombi abantu bane bakurikiranyweho kwiba ingurube z’abaturage, bamwe bakazibaga bakajya…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?