igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: CNDD-FDD Yashinjwe guha umwanya ubujiji mu gihugu
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > CNDD-FDD Yashinjwe guha umwanya ubujiji mu gihugu
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

CNDD-FDD Yashinjwe guha umwanya ubujiji mu gihugu

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: May 20, 2025 2:09 pm
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi UPRONA ryashinje CNDD-FDD riri ku butegetsi rya Perezida Evariste Ndayishimiye gutanga akazi ku banyamuryango baryo gusa hatitawe ku bumenyi bafite.

Kuwa 18 Gicurasi 2025, ubwo iri shyaka rya UPRONA ryiyamamarizaga imyanya y’Inteko Ishinga Amategeko n’inzego z’ibanze mu ntara ya Rumonge Perezida waryo, Olivier Nkurunziza, yavuze ko ishyaka CNDD-FDD ryimakaje akazu no guheza abafite ubuhanga mu kubikora.

Ati “Urubyiruko rwinshi rushoboye ruguma mu rugo mu gihe abadafite ibisabwa bahabwa imirimo kubera gusa ko ari abanyamuryango ba CNDD-FDD.”

Nkurunziza yagaragaje kandi ko CNDD-FDD idaha umwanya bamwe mu barimu n’abashakashatsi, cyane cyane abo muri Kaminuza y’u Burundi, kandi shingiro ry’iterambere ry’iki gihugu.

Uyu munyapolitiki yagaragaje ko Abarundi bakagombye kuba bafite abayobozi baha agaciro ubumenyi, aho guteza imbere gusa abo mu ishyaka ryabo gusa.

Perezida w’iri shyakaUPRONA , Olivier Nkurunziza

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Karongi: Umukobwa yishwe abanje gusambanywa
Next Article Trump yongeye kugaragaza ko kuganira na Zelensky ku kibazo cy’intambara igihugu cye gihanganyemo n’u Burusiya bigoye
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Rurageretse hagati ya Muhoozi Kainerugaba na muramu we
May 20, 2025
Impunzi z’Abarundi zikabakaba 200 zabaga mu nkambi ya Kakuma muri Kenya zatashye
May 20, 2025
Perezida Kagame yakiriye Amb Valentine Rugwabiza baganira ku mutekano mu karere
May 20, 2025
Prostate ni iki, ikora iki, kandi ni izihe ndwara zishobora kuyishamikiraho?
May 20, 2025
Bishop Gafaranga akurikiranyweho ihohotera rishingiye ku gitsina, dosiye ye yamaze kugera mu rukiko
May 20, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Abarenga 400 nibo bahitanywe n’ibitero karahabutaka byo muri Sudan y’epfo

Mu bitero biherutse gukorwa n'umutwe wa RSF mu Mujyi i Darfur muri Sudani  byahitanye abarenga 400 nk'uko byatangajwe na LON Mu…

1 Min Read
AMAKURU

Perezida Kagame yarebye umupira wahuje amakipe abiri yamamariza Visit Rwanda

Perezida Kagame yarebye umukino wa ½ cya UEFA Champions League i Paris ubwo yari mu ruzinduko rw’akazi mu Bufaransa Ku…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Umunyamerika bikekwa ko ari we mbohe ya nyuma ya Hamas yarekuwe

Edan Alexander, ufite ubwenegihugu bwa Israel hamwe n’ubwa Amerika, wari waratwawe bunyago n’umutwe wa Hamas yarekuwe. Ni umusore w’imyaka 21,…

1 Min Read
AMAKURU

Kicukiro: Yatawe muri yombi akekwaho gukwirakwiza ingengabitekerezo ya Jenoside

Uwitwa Muhawenimana Caritas ufite imyaka 23 y’amavuko yatwe muri yombi n’inzego z’umutekano akurikiranweho gusakaza ingengabitekerezo ya Jenoside abinyujije mu magambo…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?