igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Donald Trump yise mugenzi we w’Uburusiya umusazi nyuma y’igitero gikaze yagabye kuri Ukraine
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Donald Trump yise mugenzi we w’Uburusiya umusazi nyuma y’igitero gikaze yagabye kuri Ukraine
AMAKURU

Donald Trump yise mugenzi we w’Uburusiya umusazi nyuma y’igitero gikaze yagabye kuri Ukraine

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: May 26, 2025 8:59 am
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagaragaje akababaro n’uburakari yatewe n’igitero cy’ Uburusiya bwagabye kuri Ukraine, ashinja mugenzi we w’Uburusiya, Vladimir Putin kudashaka ibiganiro by’amahoro

Mu mvugo atari asanzwe amenyereweho mu bijanye n’Uburusiya, Trump yikoma Putin yongeye kumwita “umusazi”, ijambo ryumvikanye ridasanzwe kuri uwo munyapolitike ukunze kugaragaza ubushuti na Perezida w’Uburusiya.

Ayo magambo ya Trump yaje nyuma y’uko Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, avuze ko ukwirengagiza kwa Leta ya Amerika ku bitero by’Uburusiya. Zelensky yasabye ko haba igikorwa gikomeye, harimo n’ibihano bikarishye ku butegetsi bwa Moscou.

Igitero cyabaye cyari kidasanzwe, aho Uburusiya bwarashe ibisasu bya misile hamwe n’indege zitagira abapirote (drones), byose hamwe bikaba byarashitse kuri 367, Muri icyo gitero, abantu bagera kuri 12 bahasize ubuzima, abandi benshi barakomereka.

Iyi mvugo ya Trump ishobora guhindura uko ibintu bihagaze uyu munsi, perezida wa Amerika Trump amaze iminsi agaragaza ko Uburusiya na Ukraine barimo kwitegura kujya ku meza y’ibiganiro ndetse bari baramaze kutegura ko ibi biganiro bizabera muri Vatican aho byagombaga kugirwamo uruhare na Pop mushya.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Musanze: Umusore w’imyaka 21 yasanzwe mu giti cya voka yimanitse
Next Article Joseph Kabila yagarutse mu mujyi wa Goma, ahabwa ikaze n’abayobozi ba M23
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Israel yashimye umubano wihariye ifitanye n’u Rwanda, ishimangira ubushake bwo gukomeza gufatanya mu nzego z’iterambere
May 29, 2025
Perezida Kagame na Alain Berset baganiriye ku bufatanye bushya hagati y’u Rwanda n’u Burayi
May 29, 2025
U Rwanda rwongeye gutanga inkunga yo gufasha abari mu kaga muri Gaza
May 29, 2025
Ingabo z’u Rwanda n’iza Tanzania mu nama igamije gushimangira umutekano ku mipaka ihuriweho
May 29, 2025
Rurageretse hagati y’Umunyamakuru na Ambasaderi wa Israel
May 29, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Uruganda rutunganya urumogi mu Rwanda rugeze kure rwubakwa

Ubuyobozi bw’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), buratangaza ko imirimo yo kubaka uruganda rutunganya urumogi rwifashishwa mu buvuzi igeze ku kigero cya…

3 Min Read
AMAKURU

Gatsibo: Umugabo yasanzwe mu muhanda yapfuye bikekwa ko yari yagiye kwiba

Umugabo w’imyaka 43 wo mu Karere ka Gatsibo mu Murenge wa Rwimbogo, yasanzwe ku muhanda yapfuye, bikekwa ko yishwe n’abo…

2 Min Read
AMAKURU

Nyamasheke: Umugabo yatewe icyuma ahita ahasiga ubuzima

Umugabo wari utuye mu karere ka Nyamasheke yatewe icyuma ahita ahasiga ubuzima bigakekwa ko uwagerageje kumwica ariwe wagarutse akamwambura ubuzima…

2 Min Read
AMAKURU

Abapolisi bane bashinjwa kwica umwana w’amezi atandatu bagejejwe imbere y’urukiko

Abapolisi bane bo muri Kenya bashinjwa kwica umwana w’amezi atandatu mu myaka umunani ishize, bagejejwe imbere y’urukiko, abandi umunani bari…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?