igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Abagore bageze igihe cyo gucura bazinukwa imibonano mpuzabitsina
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > UBUZIMA > Abagore bageze igihe cyo gucura bazinukwa imibonano mpuzabitsina
UBUZIMA

Abagore bageze igihe cyo gucura bazinukwa imibonano mpuzabitsina

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: May 19, 2025 8:50 am
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Ubushakashatsi bugaraaza ko abagore bageze mu gihe cyo kutabasha kubyara (menopause), hari ibimenyetso bikomeye bishobora kumugaragaraho. Muri byo, harimwo kugira ububabare mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Suzan, umugore ari mu myaka 40 aba i Vancouver, mu gihugu cya Canada, ibi ni ibintu avuga ko ahura nabyo, yagize ati:
“Ndacyafite ubushake bwo gukora imibonano, ariko iyo ngerageje gukora icyo gikorwa ngira ububabare bwishiibituma numva ntagishishikajwe nabyo”

Abahanga bavuga ko kuri benshi, ibyo bimenyetso bitangira no mu myaka 10 mbere yo gucura. Iki cyiciro cy’ubuzima, n’ubwo gisanzwe, gishobora kugira ingaruka zikomeye mu buryo umugore abaho, haba mu mubano we n’uwo bashingiranwe mu buzima bwe bwa buri munsi , ndetse no ku bwonko.

Mu gihe abantu basigaye baramba kurusha mbere, bivuze ko umugore ashobora kumara ⅓ cy’ubuzima bwe ari mu gihe cyo kutabyara.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Umuhanzi The Ben yatunguwe n’umufana yamuhaye isutiye i Kampala ubwo yari kurubyiniro
Next Article Amerika yashinjwe umugambi wo kwimurira Abanya-Palestine muri Libya Leta z’unze ubumwe za Amarica zirashinjwa kwimura Abanya-Palestine muri Africa
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Abanyarwanda 796 bari barafashwe bugwate na FDLR batashye
May 19, 2025
DRC: Urubyiruko ruyoboye abandi ruri kwamagana ihohoterwa rikorerwa abacuruzi rikozwe n’abasirikare
May 19, 2025
Ba nyir’inzu bakomeje kwitendeka ku bakodesha; Umuti w’iki kibazo uzaba uwuhe?
May 19, 2025
Urukingo rwa SIDA rwageragerejwe mu Rwanda ruri gutanga icyizere
May 19, 2025
Kiliziya Gatolika ishyamiranye na Leta ya RDC kubera impamvu ikomeye
May 19, 2025

You Might Also Like

UBUZIMA

U Bushinwa: Umwana w’imyaka irindwi yahawe umutima w’umukorano muto ku Isi

Umwana w’imyaka irindwi wahawe akabyiniriro ka Junjun, yahawe umutima w’umukorano muto ku Isi, upima garama 45, n’umurambararo wa santimetero 2,9.…

1 Min Read

I KIGALI: POLICE Y’U RWANDA YATAYE MURI YOMBI ABAJURA RUHARWA BASHINJWA UBUJURU BWIBISHA IBYUMA.

Abajura bane bari ruharwa batawe muri yombi bafatanwa ibyuma bakoreshaga bambura abaturage nk'uko byatangajwe n'umuvugizi wa police y'u Rwanda. Kuri…

2 Min Read
AMAKURUUBUZIMA

OMS yaburiye Isi ku cyorezo gishya gishobora kwaduka vuba

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ryaburiye ibihugu ko bikwiye kwitegura icyorezo gishya gishobora kwibasira Isi mu gihe cya…

1 Min Read
AMAKURUUBUZIMA

AMAFOTO: Abaganga b’inzobere 36 batandukanyije abana b’impanga bavutse bafatanye ku mutwe

Abaganga b’inzobere mu buvuzi bw’abana bo mu Bitaro Bikuru byitiriwe Umwami Abdullah (King Abdullah Specialist Children’s Hospital) biherereye i Riyadh…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?