igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
AMAKURUMU MAHANGA

Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: May 17, 2025 11:43 pm
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Abahinzi n’abarobyi 23 bishwe ndetse abandi bashimutirwa mu gitero bikekwa ko cyagabwe n’umutwe w’iterabwoba mu Majyaruguru y’igihugu.

Amakuru abaturage bahaye Ibiro Ntaramakuru Reuters, avuga ko abarwanyi ba Boko Haram bageze mu gace bafata abahinzi n’abarobyi, bahitana abagera kuri 23 ndetse ashimuta n’abandi benshi.

Bivugwa ko n’abagerageje kujya gufata imirambo y’abaturage biciwe aho gusa babateshwa n’aba abarwanyi ba Boko Haram

Umuyobozi wa Leta ya Borno muri Nigeria mu kwezi gushize yemeje ko Boko Haram yongeye kwiharaza kugaba ibitero no gushimuta abantu mu bice bitandukanye muri iki gihugu.

Ibi bije nyuma y’uko Leta yari yemeje bidasubirwaho ko aka gace kagaruwemo amahoro umutekano n’ituze, nta byihebe bikiharangwa ngo bibe byakorera umuromo n’ubwicanyi abahatuye.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Consumer Protection Manager at BPR: Deadline: 05/27/2025
Next Article Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Nigeria: Abahinzi n’abarobyi 23 bapfuye abandi bashimutwa mu gitero cyagabwe n’umutwe w’iterabwoba
May 18, 2025
Abafana ba Rayon Sports biyambaje Umukuru w’Igihugu nyuma y’imvururu zabaye
May 18, 2025
”Ntacyo umusifuzi yakoze kitari cyo” – Perezida wa Bugesera FC
May 18, 2025
Trump agiye kugirana ikiganiro na Putin kuri telefone
May 18, 2025
Ubwato bw’igisirikare cya Mexique bwagonze ikiraro i New York hapfa abantu babiri
May 18, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Ingabo z’u Buhinde zakajije umutekano mu bice byo ku mupaka nyuma yo kurasa muri Pakistan na Kashmir

Umwuka mubi ukomeje gututumba hagati y’u Buhinde na Pakistan biturutse ku bitero impande zombi zishinjanya kugabanaho. U Buhinde bwatangaje ko…

2 Min Read
AMAKURU

Abaturage ba Shingiro bateje imvururu kuri Gitifu ubwo yageragezaga gusenya inzu yubatswe ahagenewe ubuhinzi

Ku wa Kane tariki ya 7 Gicurasi 2025, mu murenge wa Shingiro, Akarere ka Musanze, habaye imvururu ubwo abaturage bahutazaga…

1 Min Read
AMAKURU

Nyarugenge: Abiyita “Imparata” batawe muri yombi

Itsinda ry’abantu icyenda ryiyise 'Imparata', ryatawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere Nyarugenge, bakekwaho kwiba amabuye y’agaciro…

2 Min Read
AMAKURU

Igihe n’aho nyakwigendera Alain Mukuralinda azashyingurwa byatangajwe

Alain Mukuralinda watangaje ko nyakwigendera azashyingurwa 10 Mata 2025 mu irimbi rya Paroisse ya Rulindo, mu Ntara y’Amajyaruguru. Alain Mukuralinda…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?