igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Abasirikare ba Congo bashimishijwe no gusanga akayabo kuri konte zabo za banki
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Abasirikare ba Congo bashimishijwe no gusanga akayabo kuri konte zabo za banki
AMAKURU

Abasirikare ba Congo bashimishijwe no gusanga akayabo kuri konte zabo za banki

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: March 30, 2025 4:20 pm
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Ubwo abasirikare ba Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo bajyaga gufata umushahara basanze warakubwe inshuro ebyiri nk’uko bari barabisezeranyijwe na perezida Felix Tchisekedie.

Nk’uko bamwe mu basirikare b’igisirikare cya FARDC aho muri Congo babitangarije radio Okapi bavuze ko batunguwe no gusanga umushahara wabo wikubye inshuro zisaga ebyiri kuyo bahembwaga mbere, aba basirikare bavuze ko mubusanzwe bahembwaga asaga amadorari 100 ubu bakaba basanze ayo mafaranga yikubye inshuro ebyiri ushize mu mafaranga y’iwabo akaba ashikira ibihumbi 500000 y’amakongore.

Aba basirikare biganjemo abafite ipeti ryo hasi batangarije iyi radiyo ko amafaranga bahembwaga mbere byari bigoye ko bakemura utubazo tw’umuryango ngo nabo bagire icyo basigarana bakavuga ko byabanejeje cyane kubona nabo bibutswe bakongezwa amafaranga.

Uku ko ngerezwa umushahara nti kwabaye ku basirikare gusa ahubwo no kuba polisi nabo bongerewe umushahara bahembwaga. Radio Okapi ivuga ko abasirikare bahembewe kuri Banque BOA muri Komine ya Ndjili, kimwe n’abapolisi basohotse muri banki bamwenyura bishimiye ko ubutegetsi bubahaye agaciro.

Kuva aho intambara itangiriye aho muri Congo ni kenshi bagiye bagaragaza ko abasirikare ba FARDC bahembwa amafaranga macye cyane ndetse kandi byarushijeho kuba bibi ubwo abanshanshuro bahawe akazi na leta ya Congo bavugaga ko bahembwa agera ku bihumbi 8000 by’amadorari ayo ararenga miliyoni 20,000,0000 z’amakongore.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article PEREZIDA PAUL KAGAME YAGIRANYE IBIGANIRO BYIHARIYE NA PEREZIDA WA SENEGALI BASSIROU
Next Article Job of Accountant at RTB Job of Accountant at Rwanda Tvet Board (RTB)
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Abagore bageze igihe cyo gucura bazinukwa imibonano mpuzabitsina
May 19, 2025
Umuhanzi The Ben yatunguwe n’umufana yamuhaye isutiye i Kampala ubwo yari kurubyiniro
May 19, 2025
DRC: Umusirikare w’ipeti rya Koloneri yatorokanye imishahara yagombaga guhembwa abasirikare bari mu mirwano
May 19, 2025
Umusaza yishwe anogowemo amaso hakekwa umugore we n’umuhungu we
May 19, 2025
Uganda: Polisi yafunze Umukecuru ukekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umwuzukuru we w’imyaka 6
May 19, 2025

You Might Also Like

AMAKURUIMIKINOMU MAHANGA

Paris Saint -Germain F.C isanze Intel Milan ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League

Mu mukino wo kwishyura wa ½ k'irangiza mu irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’ Uburayi, Ikipe…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

DRC/ITURI: Inyeshyamba za ADF ziri kwaka abahinzi amadorari 10 kugirango bemererwe Guhinga

Aho abarwanyi b’uyu mutwe bari mu mijyi yo mu cyaro mu turere twa Mambasa na Irumu ho mu ntara ya…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Burundi: Umugore wa Perezida Ndayishimiye arashinjwa gufungisha Umunyarwanda ukora ubucuruzi bwa peteroli

Angeline Ndayubaha, umugore wa Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, arashinjwa kugira uruhare mu ifungwa rya Dushimirimana Protais, Umunyarwanda ukora ubucuruzi…

2 Min Read
AMAKURU

Dore uturere twavutsemo abana benshi mu 2024

Ikigo k’igihugu k’ibarurisahamibare mu Rwanda giherutse gushyira hanze ubushakashatsi ngarukamwaka ku mibereho y’abaturage aho banagaragaza umubare w’abantu bavutse ndetse n’abitabye…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?