igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: ”Alain Muku ni umubyeyi kuri njye” amagambo ya Gisupusupu
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > IMYIDAGADURO > ”Alain Muku ni umubyeyi kuri njye” amagambo ya Gisupusupu
IMYIDAGADURO

”Alain Muku ni umubyeyi kuri njye” amagambo ya Gisupusupu

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: April 5, 2025 2:55 pm
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

umuhanzi uzwi cyane hano mu Rwanda Nsengiyumva Francois uzwi nk’igisupusupu yatangaje ko yasheunguwe na Nyakwigendera Alain Mukuralinda.

Nsengiyumva ubundi uvuka mu karere ka Gatsibo ho mu ntara y’uburasirazuba avuga ko iyo bitaba uyu mugabo Alain atarikuba uwo tuzi uyu munsi avuga ko kugira ngo abashe kumenyekana byose byakozwe na Alain Muku avuga ko mu busanzwe batari baziranye na hamwe usibye kuba yaramubonye ku mbuga nkoranyambaga agakunda impano ye akiyemeza kumuzamura kugeza amugize uwo ariwe uyu munsi.

Igisupusupu yagize At: “Ni inkuru mbi cyane kuri njye. Uyu mugabo yambereye umucyo, antarura mu buzima bubi, nshuranga mu masoko nkishyurwa igiceri cyangwa ngacurangira ikigage cyo kunywa. Sinari narigeze ntekereza ko ibyo nkora byagezwa ku rwego nagezeho. Icyiza cy’uyu mugabo yamfashije nta nyungu antegerejeho, si nari muzi nawe ngo yambonye ku mbuga nkoranyambaga nshurangisha umuduri abona yandemamo undi muntu.”

Akomeza agira ati: “Navuga ko yandemyemo umuntu utandukanye n’uwa mbere. Uretse kuba naramenyekanye nabashije kugira icumbi mbamo yemwe ntangira n’ibikorwa by’iterambere bihindura ubuzima bwanjye. Mu byo namukuyeho harimo no gutekereza.

Mwa bantu mwe uziko hari igihe umuntu aba mu bukene n’ibitekerezo bigakena bigacurama? Hari igihe mbona narabaga mu isi yanjyenyine,ariko ubu narahumutse, nshobora kuvuga nti uyu munsi ndakora iki, ejo nkurikizeho iki, bizabyare ikindi runaka. Isi nabagamo ibyo sinabigiraga.”

Nsengiyumva avuga ko abuze umujyanama wari ukimufashe akaboko.

At:  “Mbuze inshuti, umubyeyi, umujyanama nari ngikeneye. Hari henshi nageze kubera akaboko yamfatishije akanzamura. Mwarabibonye mu birori bikomeye, mwambonye mu kwamamaza n’Umukuru w’Igihugu. Sinarondora ineza ye kuri njye, gusa Imana imuhe iruhuko ridashira.

Uyu muhanzi Gisupusupu yamenyekanye ahanini biturutse kumiririmbire yazanye idasanwe imenyerewe mu muziki w’abajene akaba ari bimwe mu byatumwe akundwa n’abatari bacye, iri zina Gisupusupu yarihawe biturutse ku ndirimbo yakozwe igakundwa cyane n’abatari bacye hano mu Rwanda.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Perezida Ndayishimiye yatangaje ko aherutse guhuguzwa ruswa ya miliyoni 4
Next Article “Ni nsindwa mu matora nzajya guhinga”_Perezida William Ruto
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

EUROPA LEAGUE: Tottenham Spurs itwaye igikombe ishyira akadomo ku mishinga ya Manchester United
May 22, 2025
Niba ukunda Filime ziteye ubwoba, Dore filime 10 zikunzwe cyane wareba
May 21, 2025
Rayon Sport yatakaje umwanya wa mbere nyuma yo kunanirwa kwishyura Bugesera FC
May 21, 2025
Inkomoko y’insigamugani ‘Habe na Mba’
May 21, 2025
Huawei yashyize hanze mudasobwa idasanzwe
May 21, 2025

You Might Also Like

AMAKURUIMYIDAGADURO

Umwe mu bantu 17 mu bibiye Kim Kardashian i Paris yemeye icyaha

CedricUmwe mu bantu 17 bakurikiranyweho kwiba Umunyamideli Kim Kardashian ubwo yari muri hotel mu Bufaransa, yatangaje ko agiye kwemera uruhare…

1 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

Umukinnyi wa filime mu Rwanda Natacha Ndahiro yahamije ko yakina filime akora imibonano mpuzabitsina

Natacha Ndahiro umaze kubaka izina muri sinema y’u Rwanda, yemeje ko nta kintu byamutwara gukina filime akora imibonano mpuzabitsina, mu…

3 Min Read
IMYIDAGADURO

Zari Hassan yanenze ibikoresho bishaje biri ku kibuga cy’indege cya Entebbe

Umunyemari Zari Hassan yagaragaje ko atishimiye ibikoresho byo mu nzu biri ku kibuga cy'indege cya Entebbe, by'umwihariko aho abagenzi biyubashye…

1 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

Umuraperi Sean John Love Combs wamenyekanye nka Diddy mu mugambi wo guhakana gufata kungufu abagore burundu

Umuraperi Sean John Love Combs wamenyekanye nka Diddy ushinjwa gushimuta abagore, kubaha ibiyobyabwenge no kubahatira gukora imibonano mpuzabitsina, yabihakanye avuga…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?