igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Aline Gahongayire yatangaje ko amaranye igihe kirekire uburwayi bwa Diabet
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > IMYIDAGADURO > Aline Gahongayire yatangaje ko amaranye igihe kirekire uburwayi bwa Diabet
IMYIDAGADURO

Aline Gahongayire yatangaje ko amaranye igihe kirekire uburwayi bwa Diabet

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: April 3, 2025 10:45 pm
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Aline Gahongayire yatangaje ko yaramaranye uburwayi bwa Diabet imyaka irenga 20 ubwo yari mu kiganiro n’itangazamakuru.

Umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Aline Gahongayire yatangaje ko yamaze igihe kirekire afite uburwayi bwa Diabet ibi yabitangaje ubwo yari mu kiganiro n’igihe.

Uyu muhanzikazi yavuze ko ubu burwayi bwamuzahaje kandi bukamumaraho igihe kirekire aho yavuze ko yabumaranye imyaka 20 yose. Gahongayire yavuze ko yamenye ko arwaye iyi ndwara ubwo yaratwaye imodoka gusa akananirwa kuyitwara ngo agere aho yari agiye, yavuze ko yafashijwe n’umugenzi wari aho akamufasha akamugeza kwa muganga.

Gahongayire akigera aho nibwo yapimwe bamusangana ubu burwayi bwa Diabet kuva icyo gihe akaba aribwo gahongayire yatangiye gufata imiti kugira ngo arebe ko yakoroherwa.

Aline yakomeje avuga ko byari ibihe bitamworoheye gufatanya iyi ndwara no kwamamara aho yagize ati ” Ibaze kuba uri icyamamare ukajya ugendana inshinge aho ugiye hose” yakomje avuga ko yageze aho yiheba yakira ko azacibwa akaguru.

Gahongayire yanavuze ko nyuma yaje guhura n’umuganga uba mu bufaransa akaba ari umwe mu bamufashije gukira iyi ndwara, uyu muganga ubundi witwa Dr Nduwayo ngo yafashije Gahongayire kujyeza ubwo nawe yahagurukiye gukangurira abantu guhagurukira guhangana n’iyi ndwara.

Gahongayire yavuze ko ubu ameze neza kandi ko akomeje gutegura igitaramo yise Ndashima.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Huye: Umusore w’imyaka 18 akurikiranyweho gusambanya umwana w’imyaka 5
Next Article Alain Mukuralinda wari umuvugizi wungirije wa Guverinoma yapfuye azize uburwayi
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Louise Mushikiwabo yavuze ko ibihugu bya Afurika bigomba kumenya kwihitiramo abafatanyabikorwa babibereye
May 20, 2025
Perezida wa Sena ya RDC, Michel Sama Lukonde yasabye Kabila uri mu buhungiro kwitaba
May 20, 2025
Byinshi wamenya ku ndirimbo ‘Pom Pom’ ya Bruce Melodie na Diamond igiye kujya hanze vuba
May 20, 2025
Trump yongeye kugaragaza ko kuganira na Zelensky ku kibazo cy’intambara igihugu cye gihanganyemo n’u Burusiya bigoye
May 20, 2025
CNDD-FDD Yashinjwe guha umwanya ubujiji mu gihugu
May 20, 2025

You Might Also Like

AMAKURUIMYIDAGADURO

Sankara The Premier usobanura filime nawe yasinye amasezerano azanyuza filime ze kuri StarTimes

Mutore Isaac wamenyekanye nka ‘Sankara The Premier’ mu gusobanura filime, yashyize umukono ku masezerano n’ikigo cya StarTimes, azatuma filime asobanura…

1 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

Nyina wa Beyoncé arwaye indwara ya kanseri y’ibere

Tina Knowles umubyeyi wa Beyoncé yavuze uko yaje kurwara kanseri y'ibere n'uko yaje kwivuza akaza gukira. Ku nshuro ya mbere…

1 Min Read
IMYIDAGADURO

Ross Kana yasezeye muri 1:55 AM Ltd abashinja kutubahiriza amasezerano

Umuhanzi Rosskana yasezeye mu nzu ifasha abahanzi ya 1:55 Am atangaza ko avuyemo kubera ko hari ibitarubahirijwe mu masezerano yagiranye…

2 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

Trump yatangaje ko filimi zitari izo muri Amerika zigiye kujya zitanga umusoro wa 100%

Trump yatangaje ko agiye gushyiraho umusoro ungana na 100% kuri filimi zitari izo muri Amerika, avuga ko ugamije guteza imbere…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?