igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Aline Gahongayire yatangaje ko amaranye igihe kirekire uburwayi bwa Diabet
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > IMYIDAGADURO > Aline Gahongayire yatangaje ko amaranye igihe kirekire uburwayi bwa Diabet
IMYIDAGADURO

Aline Gahongayire yatangaje ko amaranye igihe kirekire uburwayi bwa Diabet

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: April 3, 2025 10:45 pm
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Aline Gahongayire yatangaje ko yaramaranye uburwayi bwa Diabet imyaka irenga 20 ubwo yari mu kiganiro n’itangazamakuru.

Umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Aline Gahongayire yatangaje ko yamaze igihe kirekire afite uburwayi bwa Diabet ibi yabitangaje ubwo yari mu kiganiro n’igihe.

Uyu muhanzikazi yavuze ko ubu burwayi bwamuzahaje kandi bukamumaraho igihe kirekire aho yavuze ko yabumaranye imyaka 20 yose. Gahongayire yavuze ko yamenye ko arwaye iyi ndwara ubwo yaratwaye imodoka gusa akananirwa kuyitwara ngo agere aho yari agiye, yavuze ko yafashijwe n’umugenzi wari aho akamufasha akamugeza kwa muganga.

Gahongayire akigera aho nibwo yapimwe bamusangana ubu burwayi bwa Diabet kuva icyo gihe akaba aribwo gahongayire yatangiye gufata imiti kugira ngo arebe ko yakoroherwa.

Aline yakomeje avuga ko byari ibihe bitamworoheye gufatanya iyi ndwara no kwamamara aho yagize ati ” Ibaze kuba uri icyamamare ukajya ugendana inshinge aho ugiye hose” yakomje avuga ko yageze aho yiheba yakira ko azacibwa akaguru.

Gahongayire yanavuze ko nyuma yaje guhura n’umuganga uba mu bufaransa akaba ari umwe mu bamufashije gukira iyi ndwara, uyu muganga ubundi witwa Dr Nduwayo ngo yafashije Gahongayire kujyeza ubwo nawe yahagurukiye gukangurira abantu guhagurukira guhangana n’iyi ndwara.

Gahongayire yavuze ko ubu ameze neza kandi ko akomeje gutegura igitaramo yise Ndashima.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Huye: Umusore w’imyaka 18 akurikiranyweho gusambanya umwana w’imyaka 5
Next Article Alain Mukuralinda wari umuvugizi wungirije wa Guverinoma yapfuye azize uburwayi
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Nigeria: Abahinzi n’abarobyi 23 bapfuye abandi bashimutwa mu gitero cyagabwe n’umutwe w’iterabwoba
May 18, 2025
Abafana ba Rayon Sports biyambaje Umukuru w’Igihugu nyuma y’imvururu zabaye
May 18, 2025
”Ntacyo umusifuzi yakoze kitari cyo” – Perezida wa Bugesera FC
May 18, 2025
Trump agiye kugirana ikiganiro na Putin kuri telefone
May 18, 2025
Ubwato bw’igisirikare cya Mexique bwagonze ikiraro i New York hapfa abantu babiri
May 18, 2025

You Might Also Like

AMAKURUIMYIDAGADURO

Umukinnyi wa filime mu Rwanda Natacha Ndahiro yahamije ko yakina filime akora imibonano mpuzabitsina

Natacha Ndahiro umaze kubaka izina muri sinema y’u Rwanda, yemeje ko nta kintu byamutwara gukina filime akora imibonano mpuzabitsina, mu…

3 Min Read
IMYIDAGADURO

Bwa mbere abamurika imideli bagiye kugaragara muri Giants of Africa

Bakora ubuhanzi bwo kumurika imideli bakomeye ku mugabane wa Afurika nka , Hortense Mbea, Umunya-Cameroon wamenyekanye nka Afropian, Alia Baré…

2 Min Read
IMYIDAGADURO

Umuhanzi Rema arimo kuvugirizwa induru n’abafana

Umuhanzi wo muri Nigeria Rema ari kuvugirizwa induru n'abafana bitabiriye ibirori bya Coachella muri California nyuma yo kugera ku rubyiniro…

1 Min Read
IMYIDAGADURO

UMUHANZIKAZI TYLOR SWIFT AGIYE KWAMBARWA KU MUKINO WA EL CLASSICO UZAHUZA BARCA NA REAL MADRID

Umuhanzi w'icyamamare wo muri leta zunze Amerika Tylor Swift ashobora kuzambarwa ku mupira wa fc Barcelon ku mukino uzabahuza na…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?