igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Ambasade 30 za Amerika zigiye gufungwa
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Ambasade 30 za Amerika zigiye gufungwa
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Ambasade 30 za Amerika zigiye gufungwa

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: April 16, 2025 1:01 am
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Kugira ngo hakorwe amavugurura mu bya Dipolomasi, Leta zunze ubumwe za Amerika ziyobowe na  Perezida Donald Trump zirateganya gufunga za Ambasade za Amerika mu bihugu bisaga 30.

Nk’uko CNN yabitangaje ngo inyandiko ya Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga igaragaza ko usibye ifungwa ry’izo Amabasade , leta zunze ubumwe za Amerika ziteganya no kuba zagabanya umubare w’abakozi mu bihugu bitandukanye nka Somalia na Iraq, Aho Leta zunze ubumwe za amerika yabaye igihe kirekire ubwo bari mu butumwa bwo guhangana n’ibitero by’iterabwoba muri ibyo bihugu.

Kugeza ubu nta makuru ahari yahamya ko no kuvugurura imibare y’abakozi no mu zindi Ambasade, Umunyabanga wa Leta ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, yaba yashyize umukono kuri ibi.

Ambasade 10 na consulat 17, ni zo zikekwa ko zaba zigiye gufungwa ziganjemo izo muri Afurika n’u Burayi, ndetse  harimo n’izo muri Aziya,

Muri zi harimo iya Luxembourg, Lesotho, Repubulika ya Congo, Repubulika ya Centrafrique na Sudani y’Epfo. Ni mu gihe kandi hari na consulat zirimo eshanu zo mu Bufaransa, ebyiri zo mu Budage, ebyiri zo muri Bosnia&Herzegovina, imwe mu Bwongereza, muri Afurika y’Epfo, ndetse no muri Koreya y’Epfo.

Nyuma y’uko izi zifunzwe abazajya bakenera serivisi muri bazajya bajyana amadosiye yabo muri amabsade za Amerika ziri mu bindi bihugu bisobanuye ko nta kintu kuzaba kikihakorerwa.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article NTAZINDA Erasme umuyobozi w’Akarere ka Nyanza yahagaritswe mu nshingano
Next Article #UCL: Nta kipe yakwizera ko yasoje akazi kare
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

PSG ikoze amateka kuri Allianz Arena itsinda Inter Milan ibitego 5-0, yegukana Champions League bwa mbere
May 31, 2025
Musanze: Inzoga y’inkorano yitwa Munanguzi ikomeje kubangamira abaturage
May 31, 2025
Joseph Kabila yahuye n’ubuyobozi bwa AFC/M23, bemeranya gukorera hamwe mu rugendo rwo kugarura amahoro muri DRC
May 31, 2025
Kate Bashabe yihanangirije abamushinja gushyingiranwa n’imbwa ye
May 31, 2025
Umubyeyi wa Rihanna yapfuye
May 31, 2025

You Might Also Like

AMAKURUIMIKINOMU MAHANGA

Umuvumo uvuyeho Harry Kane ateruye igikombe cya mbere mu mateka

Umwongereza w'imyaka 31 y'amavuko yabashije guterura igikombe cya mbere mu mateka ye nk'umukinnyi wabigize umwuga ku mugabane w'uburayi hamwe n'ikipe…

3 Min Read
AMAKURU

Amerika yashimye intambwe u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byateye

Abasenateri bagize Komisiyo ya Sena ishinzwe ububanyi n’amahanga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bashimye intambwe u Rwanda na Repubulika…

1 Min Read
AMAKURU

Igihe n’aho nyakwigendera Alain Mukuralinda azashyingurwa byatangajwe

Alain Mukuralinda watangaje ko nyakwigendera azashyingurwa 10 Mata 2025 mu irimbi rya Paroisse ya Rulindo, mu Ntara y’Amajyaruguru. Alain Mukuralinda…

1 Min Read
AMAKURU

Rutsiro: Umusore w’imyaka 20 wahigishwaga uruhindu akekwaho gusambanya abana babiri yatawe muri yombi

Umusore w’imyaka 20, wo mu Karere ka Rutsiro wahigishwaga uruhindu akekwaho gusambanya abana babiri b’abakobwa barimo uw’imyaka 12 n’uwa 13…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?