Umugore w'imyaka 49 wo mu Murenge wa Nyarubaka mu Karere ka Kamonyi yatewe n'abantu bataramenyekana iwe mu rugo baramukomeretsa bikomeye.…
Perezida Paul Kagame yakiriye abayobozi bakuru baturutse mu kigo cya Teleperformance, kizwiho gitanga serivisi zifashisha ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano (AI). Daniel…
UEFA Champions League, irushanwa rihuza amakipe yabaye ayambere iwayo ku Mugabane w'Uburayi rigeze aho riryoshye muri 1/4 k'irangiza. Imikino ibanza…
Nemanja Matic, umunya Serbia wakiniye ikipe ya Manchester United yagaragaje ko mu mateka y'iyi kipe umuzamu mubi yagize ari uyu…
Umujyanama Mukuru kuri Afurika wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America Massad Boulos, yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali…
Ni Umugabo witwa Ntawuhiganayo Samuel wo mu Karere ka Nyanza watawe muri yombi n'Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha RIB akekwaho gusambanya Umwana…
Minisiteri y'Uburezi ibinyujije mu itangazo yasohoye kuri uyu wa 8 Mata 2025 yamenyejeshe Ishuri rya École Bilge de Kigali ko…
Amagambo Teta Sandra yanditse ku mbuga nkoranyambaga ni amagambo apfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 nk’uko Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwabitangaje.…
Ni abagizwe n’abantu 21 bafashwe bacukura amabuye y'agaciro mu buryo butemewe, Polisi na yo ifata abandi bane baguraga amabuye ayo…
Sudani y'Epfo yemeye kwinjiza umuntu yari yangiye kwinjira mu gihugu, nyuma yo kwirukanwa ku butaka bwa Amerika. Uku kwisubirako kubaye…
Ikipe ikina umukino w’amaboko (volleyball) ya APR WVC, abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda baba muri Nigeria bifatanyije mu bikorwa byo Kwibuka…
Madamu Vjosa Osmani-Sadriu, Perezida wa Kosovo, avuga ko ijambo 'Ntibizongere Ukundi' (Never again) rikwiye kuba intero ndetse n’ihame ryubahirizwa na…
Uwitwa Muhawenimana Caritas ufite imyaka 23 y’amavuko yatwe muri yombi n’inzego z’umutekano akurikiranweho gusakaza ingengabitekerezo ya Jenoside abinyujije mu magambo…
Ikipe yo mu mugi wa Paris mu Bufaransa, Paris Saint Germain isanzwe ifitanye imikoranire n'u Rwanda binyuze muri Visit Rwanda…
Kuri uyu wa mbere, taliki 7 Mata 2025, umunsi u Rwanda n'isi yose bibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe…
Sign in to your account