igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Bidasubirwaho hemejwe umuhuza w’u Rwanda na RDC
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Bidasubirwaho hemejwe umuhuza w’u Rwanda na RDC
AMAKURUPOLITIKE

Bidasubirwaho hemejwe umuhuza w’u Rwanda na RDC

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: April 14, 2025 11:52 am
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Inteko Rusange y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) yahahe Perezida wa Togo, Faure Essozimna Gnassingbé, inshingano zo kuba umuhuza w’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu guhoshya umwuka mubi uri hagati y’ibi bihugu.

Robert Dussey, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Togo, yemeje ko Inteko Rusange ya AU yagize uyu Gnassingbé umuhuza kuwa 12 Mata 2025, ubwo hari hashize iminsi mike ashyizweho n’inama nkuru y’uyu muryango AU.

Gnassingbé agiye gukorera mu ngata Perezida wa Angola kuri ubu uyoboye uyu muryango, João Lourenço, wikuye kuri ubu buhuza kuwa 24 Werurwe 2025.

Mu nshingano afite harimo kuzahura umubano w’u Rwanda na RDC kuko asanze utifashe neza nubundi, biturutse ku ntambara iri kubera mu ntara ya burasirazuba bwa RDC.
Bahitamo uyu Gnassingbé byashingiye ahanini ku mubano mwiza Togo isanzwe ifitanye n’ibihugu byombi haba u Rwanda ndetse na RDC.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Minisitiri Nduhungirehe yanenze BBC ikomeje gupfobya Jenoside mu mvugo ikoresha
Next Article Uganda: Umuhanzi yajyanywe mu bitaro bamumennye umutwe azira gusebya Bobi Wine
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025
Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
May 17, 2025
Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
May 17, 2025

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Ambasade 30 za Amerika zigiye gufungwa

Kugira ngo hakorwe amavugurura mu bya Dipolomasi, Leta zunze ubumwe za Amerika ziyobowe na  Perezida Donald Trump zirateganya gufunga za…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Tundu Lissu yongeye gufatwa na polisi muri Tanzania

Tundu Lissu, Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi CHADEMA, yatawe muri yombi na polisi ya Tanzania ku wa 9 Mata 2025,…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Nangaa asaba ko Tshisekedi ava ku butegetsi kubera imiyoborere mibi ya RDC

Corneille Nangaa, Umuyobozi w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yatangaje ko Perezida Félix Tshisekedi agomba…

2 Min Read
AMAKURU

Umushinjacyaha Mukuru w’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwa ICC yeguye by’agateganyo

Umushinjacyaha Mukuru w’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwa ICC, Karim Khan, yeguye by’agateganyo kuri uyu wa 16 Gicurasi 2025, mu gihe akomeje…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?