igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Bidatinze hari Cardinal wamenye ibanga rikomeye cyane ry’uko Papa yatowe
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Bidatinze hari Cardinal wamenye ibanga rikomeye cyane ry’uko Papa yatowe
AMAKURU

Bidatinze hari Cardinal wamenye ibanga rikomeye cyane ry’uko Papa yatowe

IYAKAREMYE FERDINAND
Last updated: May 10, 2025 7:17 pm
IYAKAREMYE FERDINAND
Share
SHARE

Yariki ya 8 Gicurasi 2025 nibwo inteko itora Papa igizwe n’aba Cardinal 133 yatoye Umushumba mushya wa Kiliziya Gatolika, Cardinal Robert Francis Prevost.

Hari umwe mu ba Cardinal wo mu bwongereza wamenye ibanga ryuko Papa Leo wa XIV yatowe.

Uwo mu Cardinal utatangajwe amazina yavuze uburyo mbere yuko Papa Leo VIX atorwa yabanje kubazwa niba yakwemera kuyobora Kiriziya gatulika.

Ubwo yabazwaga niba yakwemera kuyobora Kiriziya, Papa yasubije mu ijwi rituje cyane ati” nabyemera.

Nyuma yogusubiza ko yakwemera ko kuba Papa, yahise anavuga ko ntamuntu numwe azatinya mu gihe azaba ari umushumba wa kiriziya ku isi.

Cardinal Robert ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatowe nyuma y’aho habaye ibyiciro bitanu by’itora birimo kimwe cyabaye tariki ya 7 Gicurasi n’ibindi bine byabaye ku ya 8 Gicurasi. Yafashe izina ry’ubutungane rya Leo XIV.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Umutwe wa M23 wakoze umukwabu mu mujyi wa Goma hafatirwamo amabandi 30 n’imbunda nyinshi
Next Article IMYANYA 7 Y`AKAZI MURI BANKI NKURU Y`U RWANDA (BNR): ITALIKI NTARENGWA: 10 GICURASI 2025
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Umwana w’Imyaka 7 Witwa Tumukunde Elia Apfuye Azize Umwuzure mu Murenge wa Gataraga
May 10, 2025
IMYANYA 7 Y`AKAZI MURI BANKI NKURU Y`U RWANDA (BNR): ITALIKI NTARENGWA: 10 GICURASI 2025
May 10, 2025
Bidatinze hari Cardinal wamenye ibanga rikomeye cyane ry’uko Papa yatowe
May 10, 2025
Umutwe wa M23 wakoze umukwabu mu mujyi wa Goma hafatirwamo amabandi 30 n’imbunda nyinshi
May 10, 2025
Tanzania: Abayobozi b’ishyaka rikomeye ritavuga rumwe n’ubutegetsi barisezeye
May 10, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Abanye-Congo bigabije icyicaro gikuru cy’ishyaka PPRD rya Joseph Kabila Kabange baragisahura

Abanye-Congo kuri uyu wa Gatatu bigabije icyicaro gikuru cy’ishyaka PPRD rya Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida w’iki gihugu baragisahura.…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Amerika yasubukuye ubucukuzi bw’itini Walikale muri RDC

Ku wa 9 Mata 2025, sosiyete y’Abanyamerika Alphamin yatangaje ko igiye kongera gukora ibikorwa by’ubucukuzi bw’itini ku birombe bya Bisie,…

1 Min Read
AMAKURU

Musanze: Imbogo yavuye muri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga ikomeretsa umukobwa w’imyaka 16

Imbogo yavuye muri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga ahagana saa mbiri za mugitondo ihura n’umwana w’umukobwa w’imyaka 16 y’amavuko iramukomeretsa mu Mudugudu…

2 Min Read
AMAKURUPOLITIKE

U Rwanda na Congo bongeye guhurira muri Qatar bari kumwe n’uhagarariye Trump

Kuri uyu wa 30 Mata intumwa za leta y' u Rwanda hamwe na DRC bongeye guhurira muri Qatar aho basinye…

3 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?