igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Bwiza yabeshywe kugurirwa album ye ntanumwe urayishyura mu bayiguze
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > IMYIDAGADURO > Bwiza yabeshywe kugurirwa album ye ntanumwe urayishyura mu bayiguze
IMYIDAGADURO

Bwiza yabeshywe kugurirwa album ye ntanumwe urayishyura mu bayiguze

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: May 12, 2025 6:31 pm
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Umuhanzikazi Bwiza ari mu myiteguro ya nyuma yo gushyira hanze album ye nshya yise 25 Shades, iteganyijwe gusohoka ku wa 16 Gicurasi 2025.

Iyi album yayimurikiye bwa mbere mu gitaramo cyabereye i Burayi, aho yahise anatangira kuyigurisha ku bafana bifuza kuyumva mbere no kumushyigikira nubwo benshi bayiguriye muri icyo gitaramo, abenshi ntibarasohoza amasezerano bagiranye yo kuyishyura. Nk’uko byatangajwe na Uhujimfura Claude, ushinzwe inyungu za Bwiza, abantu batatu gusa nibo bamaze kwishyura amafaranga bemeye, harimo babiri bishyuye 500€ buri umwe, n’undi umwe watanze 1000€, amafaranga yose hamwe akaba 2000€ (arenga miliyoni 3 Frw).

Mu gihe album yagurishijwe ku bantu barindwi, bari bemeye amafaranga yose hamwe arenga miliyoni 16 Frw, harimo miliyoni ebyiri zatanzwe na The Ben. Uhujimfura yavuze ko bamwe mu bari bayiguriye bagiye bagaruka bavuga ko bakeneye gusubiramo ibyemezo byabo kubera ibibazo bijyanye n’ubushobozi bwo kwishyura.

Icyakora, nubwo hari abatarasohoje ibyo bemeye, ibikorwa byo kurangiza iyi album no kuyishyira hanze ntibyigeze bihagarara. Uhujimfura yemeje ko bagikomeje imyiteguro y’isohoka ryayo.

Album ya 25 Shades yagombaga kuba yarasohotse mbere, ariko yagiye itinda bitewe n’ibiganiro byagendaga bikorwa hagati ya KIKAC Music na Empire, sosiyete icuruza ibikorwa bya muzika wa Bwiza.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Umusore w’imyaka 23 afungiwe gukekwaho gusambanya umwana w’imyaka 5 i Musanze
Next Article Polise y’u Rwanda yemeje ko yataye muri yombi umusekirite wagaragaye atega umuntu kuri sitade
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025
Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
May 17, 2025
Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
May 17, 2025

You Might Also Like

IMYIDAGADURO

Uwahanze inoti ya 5000 hamwe n’ibindi biranngantego yamaze gushiramo umwuka

Cyirimobenecyo Alphose ni umwe mu bahanga u Rwanda rwagize dore ko ari umwe mu bahanze bimwe mu biranga ntego by'igihugu…

2 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

RIB igiye gusesengura Tiktok Live Nyaxo aherutse gukora itajyanye n’ibihe u Rwanda rurimo nubwo we yasabye imbabazi

Umunyarwenya Kanyabugande Olivier wamenyekanye nka Nyaxo nyuma yo gutegura ‘Live ya Tik Tok’ itajyanye n’ibihe byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi…

1 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADUROMU MAHANGA

Ibitangaje ku muhanzi kazi unywa amasohoro y’inzoka kugira ngo Agire Ijwi Ryiza

Umuhanzikazi Jessica Simpson, akaba n’umukinnyi wa filime, yatangaje ko anywa amasohoro y’inzoka mu rwego rwo kwita ku ijwi rye. Iyi…

1 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

Amataliki y’ubukwe bwa Vestine uririmbana na Dorcas yasohotse

Ishimwe Vestine uririmbana indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana na murumuna we, Dorcas, uherutse gusezerana ibere y’amategeko, yatangaje ko azakora…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?