igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Byagenze gute kugirango Jay-Z na Beyonce bakurwe mu kirego gishinja P.Diddy ?
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > IMYIDAGADURO > Byagenze gute kugirango Jay-Z na Beyonce bakurwe mu kirego gishinja P.Diddy ?
IMYIDAGADURO

Byagenze gute kugirango Jay-Z na Beyonce bakurwe mu kirego gishinja P.Diddy ?

IYAKAREMYE FERDINAND
Last updated: April 14, 2025 1:24 pm
IYAKAREMYE FERDINAND
Share
SHARE

Umugabo witwa Manzaro Joseph waherukaga gutanga ikirego avuga ko Diddy yamuhohoteye imbere y’abarimo Jay-Z na Beyoncé, ubu yamaze gutanga dosiye nshya mu rukiko itarimo amazina y’aba bahanzi.

Amazina y’aba bahanzi yakuwe mu kiregeo nyuma y’uko umunsi Manzaro yavugaga ko Diddy yagerageje kumuhohotera imbere y’abarimo Jay-Z na Beyoncé, aba bahanzi batari bahari.

Manzaro yavugaga ko Diddy yamuhohoteye mu 2015, nyamara umunsi yavuze ibyo byabereye, Jay-Z na Beyoncé bari bagiye mu birori by’ishuri rya New York University nk’uko abanyamategeko babo babitangarije Page Six.

People Magazine itangaza ko dosiye Manzaro yahaye Urukiko ku wa 11 Mata 2025, umuryango wa Jay-Z ntaho ugaragara, ariko kandi n’abunganira Diddy nabo bavuga ko umukiriya wabo ibyo Manzaro amushinja ari ibinyoma.

P.Diddy yatawe muri yombi ku wa 16 Nzeri 2024 afungirwa muri Metropolitan Detention Center i Brooklyn muri New York aho azaburana ku wa 05 Gicurasi 2025 ibyaha bishingiye ku ihohoterwa ryo ku gitsina.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Nyanza: Umuturage wigeze gufungirwa icyaha cya Jenoside agafungurwa yatawe muri yombi
Next Article Hashizweho umuhuza mushya mu bibazo by’u Rwanda na Congo
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Nigeria: Abahinzi n’abarobyi 23 bapfuye abandi bashimutwa mu gitero cyagabwe n’umutwe w’iterabwoba
May 18, 2025
Abafana ba Rayon Sports biyambaje Umukuru w’Igihugu nyuma y’imvururu zabaye
May 18, 2025
”Ntacyo umusifuzi yakoze kitari cyo” – Perezida wa Bugesera FC
May 18, 2025
Trump agiye kugirana ikiganiro na Putin kuri telefone
May 18, 2025
Ubwato bw’igisirikare cya Mexique bwagonze ikiraro i New York hapfa abantu babiri
May 18, 2025

You Might Also Like

AMAKURUIMYIDAGADUROMU MAHANGA

Uburwayi bwa Jose Chameleone bwatewe n’inzoga nyinshi

Jose Chameleone, umuhanzi wo muri Uganda umaze iminsi mu bitaro muri Leta Zunze za Amerika, yemeje ko indwara yo kubyimba…

1 Min Read
IMYIDAGADURO

DIAMOND PLATINUMZ YISHIMIYE THE BEN INSHUTI YE NAKORANYE INDIRIMBO.

Icyamamare Diamond Platinumz cyo muri Tanzania abicishije kurukuta rwe rwa Instagram yishimiye imfura ya The Ben. Umuhanzi akaba ikimenyabose kuruhando…

1 Min Read
IMYIDAGADURO

Indirimbo ya Khalfan Govinda, Marina na Jay C yari yasibwe kuri You Tube yagaruwe

Indirimbo ya Khalfan Govinda, Marina na Jay C We made it, yari yasibwe kuri You Tube yagaruwe nyuma y'uko Khalifan…

1 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

Sadate Munyakazi: “Mu rugo rwacu, imodoka ihenze kurusha izindi ni iy’umugore wanjye, si iyanjye.”

Mu kiganiro kihariye umunyemari akaba n’umuherwe Munyakazi Sadate yagiranye n’Ikinyamakuru IGIHE yagarutse kuri byinshi abantu batazi cyangwa bajya bibeshyaho ku…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?