igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Dore uturere twavutsemo abana benshi mu 2024
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Dore uturere twavutsemo abana benshi mu 2024
AMAKURU

Dore uturere twavutsemo abana benshi mu 2024

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: April 28, 2025 9:41 pm
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
Photo by IGIHE.com
SHARE

Ikigo k’igihugu k’ibarurisahamibare mu Rwanda giherutse gushyira hanze ubushakashatsi ngarukamwaka ku mibereho y’abaturage aho banagaragaza umubare w’abantu bavutse ndetse n’abitabye Imana banditse cyangwa bandukujwe mu gitabo k’irangamimerere. Ubuheruka ni ubwa 2024

Utu ni two turere dutanu tw’u Rwanda dufite umubare munini w’abavutse mu 2024, nk’uko bikubiye muri ubu bushakashatsi.

Ku mwana wa 5 hari akarere ka Kicukiro mu mugi wa Kigali. Mu  2024 Havutse abana 13,782 harimo abakobwa 6,729 ndetse n’abana b’abahungu 7,053.

Ku mwanya wa kane hari Akarere ka Gatsibo mu Ntara y’iburasirazuba, mu 2024 havutse abana13,989 harimo abakobwa 6,868 n’abahungu 7,121 nk’uko ubu bushakashatsi bubigaragaza.

Ku mwanya wa Gatatu hari Akarere ka Rubavu mu Ntara y ‘Uburengerazuba, mu 2024 havutse abana 15,976 barimo abakobwa 7,889 ndetse n’abana b’abahungu 8,087.

Ku mwanya wa Kabiri hari Akarere ka Nyagatare ntara y’uburasirazuba ubushakashatsi bw’ikigo k’igihugu k’ibarurishamibare mu Rwanda bugaragaza ko mu 2025 muri aka karere havutse abana 18,521barimo abakobwa 9,049 ndetse n’abahungu 9,472.

Ku isonga hari Akarere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali, mu 2024 havutse aba 24,641 harimo abana b’abakobwa 12,153 ndetse n’abana b’abahungu 12,488.

Muri rusange mu gihugu cyose abana bavutse bakaba banditswe mu gitabo k’irangamimerere mu turere twose tw’igihugu ni abana 341,029 wongeyeho n’abavukiye mu mahanga 172 aho ho abakobwa ari 92 abahungu bakaba 80.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Umwana washyinguwe yongeye kuboneka ari muzima nyuma y’umwaka wose urenga
Next Article “Monetization” ku bakoresha You Tube bari mu Rwanda, ishobora kwemerwa
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Itabi, uburozi bwica benshi bwemewe n’amategeko
May 17, 2025
Igitero cya drone y’igisirikare cy’u Burusiya cyahitanye abantu icyenda bari mu modoka, abandi barindwi barakomereka
May 17, 2025
Nyamasheke: Umukecuru w’imyaka 63 warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi yishwe n’abagizi ba nabi bamutemye
May 17, 2025
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kiri guhigisha uruhindu umusirikare mukuru watorokanye amafaranga
May 17, 2025
Umukino Bugesera yari imaze gutsindamo Rayon Sports wahagaze kubera imvururu z’abafana ba Rayon Sports
May 17, 2025

You Might Also Like

AMAKURUIMYIDAGADURO

Uwiyitiriye Kate Bashabe kuri X ahangayikishije nyirubwite

Kate Bashabe ahangayikishijwe n’umuntu atazi ukoresaha urubuga rwa X yahoze ari Twitter umaze iminsi asangiza abamukurikira ubutumwa mu mazina ye.…

1 Min Read
AMAKURUIMIKINO

Rayon Sports yemeye gushyira agapira hasi igakina na Mukura Vs

Nyuma y’uko ubujurire bwa Rayon Sports buteshejwe agaciro iyi kipe yatangaje ko nubwo rwose itakiriye neza ndetse ngo yemere ibyemezo…

3 Min Read
AMAKURUPOLITIKE

Abanyarwandakazi bane bafungiye mu Burundi bashinjwa kuba intasi

Abagore bane b’Abanyarwanda bamaze amezi abiri bafungiye i Gitega, mu Burundi, nyuma yo gufatwa bashinjwa kuba intasi. Aba bagore bavuga…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Inyeshyamba za M23 na Wazalendo bari kurwanira ku kibuga cy’indege cya Kavumu

Kuri ubu mu mijyi ya Kavumu, Katana na Lwiro yo mu karere ka Kabare mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, inyeshyamba…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?