igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: DRC/ITURI: Inyeshyamba za ADF ziri kwaka abahinzi amadorari 10 kugirango bemererwe Guhinga
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > DRC/ITURI: Inyeshyamba za ADF ziri kwaka abahinzi amadorari 10 kugirango bemererwe Guhinga
AMAKURUMU MAHANGA

DRC/ITURI: Inyeshyamba za ADF ziri kwaka abahinzi amadorari 10 kugirango bemererwe Guhinga

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: April 13, 2025 12:39 pm
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Aho abarwanyi b’uyu mutwe bari mu mijyi yo mu cyaro mu turere twa Mambasa na Irumu ho mu ntara ya Ituri, zashyizeho impapuro zemerera abantu gukora ibikorwa byabo abenshi muri bo bakaba ari abahinzi, bahabwa izo mpushya zanditse kugira ngo bajye mu mirima yabo ariko babanje kwishyura.

Umuhuzabikorwa w’Ihuriro Convention pour le Respect des Droits Humains (CRDH), Christophe Munyanderu, ku wa Gatatu, itariki ya 9 Mata 2025 yabinyujije mu butumwa bwabonwe na 7SUR7.CD, ahamagarira abayobozi b’ingabo mu nzego zose gufata ingamba zihagije z’umutekano kugira ngo abaturage batagira ubwoba bitewe n’ibi bikorwa by’uyu mutwe.

Ati: “Vuba aha, abahinzi bo muri teritwari za Mambasa na Irumu bahuye n’ikibazo. Inyeshyamba za ADF zashyizeho jetons z’abahinzi kugira ngo bagere mu mirima ku madolari 10. Abashinzwe umutekano bagomba gutabara vuba.”

Iri huriro CRDH ryemeza ko, aya mafaranga yakusanyijwe mu bahinzi ari mu rwego rwo kubamenyekanisha kuko inyeshyamba za ADF zifata amafoto y’abahinzi mbere yo gutanga izo jetons, ibintu bitera abenshi ubwoba bw’icyo ayo mafoto azakoreshwa.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Rebero, hari gusorezwa Icyumweru cy’Icyunamo, #kwibuka 31
Next Article Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania ryahagaritswe mu matora ateganyijwe uyu mwaka
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Itabi, uburozi bwica benshi bwemewe n’amategeko
May 17, 2025
Igitero cya drone y’igisirikare cy’u Burusiya cyahitanye abantu icyenda bari mu modoka, abandi barindwi barakomereka
May 17, 2025
Nyamasheke: Umukecuru w’imyaka 63 warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi yishwe n’abagizi ba nabi bamutemye
May 17, 2025
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kiri guhigisha uruhindu umusirikare mukuru watorokanye amafaranga
May 17, 2025
Umukino Bugesera yari imaze gutsindamo Rayon Sports wahagaze kubera imvururu z’abafana ba Rayon Sports
May 17, 2025

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGA

Igisirikare cya SADC cyatangiye gutaha bava aha muri Congo nk’uko bari babitangaje

Umuryango wa SADC watangiye gucyura ingabo zabo zari ziri kurugamba hano muri Congo batangiye gutaha baciye mu Rwanda. Ibikoresho bikomeye…

2 Min Read
AMAKURU

Antoine Cardinal Kambanda yasezeye kuri Papa Francis witabye Imana

Arikiyepisikopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepisikopi Gatolika mu Rwanda, Antoine Cardinal Kambanda, yasezeye kuri Papa Francis witabye Imana…

1 Min Read
AMAKURUPOLITIKE

Bidasubirwaho hemejwe umuhuza w’u Rwanda na RDC

Inteko Rusange y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) yahahe Perezida wa Togo, Faure Essozimna Gnassingbé, inshingano zo kuba umuhuza w’u…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Perezida wa Kenya William Ruto arashinjwa gukorana na M23

Uwahoze ari Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua, yatangaje ko ubuyobozi bwa Perezida William Ruto bwagize uruhare mu makosa ya…

3 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?