igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Elon Musk yigereranyije na Buddha avuga ko DOGE izakomeza gukora na nyuma ye
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Elon Musk yigereranyije na Buddha avuga ko DOGE izakomeza gukora na nyuma ye
AMAKURU

Elon Musk yigereranyije na Buddha avuga ko DOGE izakomeza gukora na nyuma ye

IYAKAREMYE FERDINAND
Last updated: May 3, 2025 9:05 am
IYAKAREMYE FERDINAND
Share
SHARE

Elon Musk, nyir’urubuga rwa X wari umaze igihe ari mu kazi ka guverinoma ya Trump, yigereranyije na Buddha, avuga ko kuba agiye kuva mu nshingano nk’uwari ushinzwe ikigo gishinzwe imikorere y’inzego za Amerika, bitazatuma gisenyuka.

Ubwo yabazwaga uwo abona uzamusimbura ku myanya wo kuyobora Ikigo gishinzwe kunoza imikorere y’inzego za Amerika (DOGE), Musk yasubije yigereranya na Buddha.

Buddha, mu bihugu bimwe na bimwe ku mugabane wa Aziya afatwa nk’umuntu w’icyitegererezo wari ufite ubwenge n’icyubahiro by’akataraboneka, aho imitekerereze ye yavutsemo idini.

Ati “Ese Buddha arakenewe mu kubaho kwa Buddhism? Ntabwo iri dini rikomeye na nyuma y’urupfu rwe?”

Yashakaga kumvikanisha ko nubwo ariwe watangije DOGE, izakomeza kubaho na nyuma y’uko avuye mu nshingano.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Rubavu: Inzu z’imiryango 10 zasenywe n’ibiza
Next Article Trump agiye kwirukana intasi za Amerika
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025
Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
May 17, 2025
Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
May 17, 2025

You Might Also Like

AMAKURUIMIKINOMU MAHANGA

#UCL: Nta kipe yakwizera ko yasoje akazi kare

Mu cyumweru gishize ni bwo habaye imikino ibanza muri kimwe cya kane k'irangiza aho amakipe ya PSG na Aston Villa…

2 Min Read
AMAKURU

Hagiye hanze itariki nyirizina papa mushya azatorerwaho

Inama y’Abakaridinali igomba gutorwamo Umushumba Mukuru mushya wa Kiliziya Gatolika, usimbura Papa Francis witabye Imana, iteganyijwe ku wa 7 Gicurasi…

2 Min Read
AMAKURUIMIKINOMU MAHANGA

“André Onana ni we Muzamu mubi wafatiye Manchester United” – Nemanja Matic

Nemanja Matic, umunya Serbia wakiniye ikipe ya Manchester United yagaragaje ko mu mateka y'iyi kipe umuzamu mubi yagize ari uyu…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Sudani y’Epfo: SPLM-IO yakuyeho Dr. Riek Machar, amacakubiri arushaho gukara

Mu ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Sudani y’Epfo, SPLM-IO, habaye impinduka zikomeye aho Dr. Riek Machar, wari Visi-Perezida wa mbere…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?