igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: FERWAFA yirukanye burundu abasifuzi batatu
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > FERWAFA yirukanye burundu abasifuzi batatu
AMAKURUIMIKINO

FERWAFA yirukanye burundu abasifuzi batatu

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: May 13, 2025 2:28 pm
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryahagaritse burundu abasifuzi barimo Amida Hemedi, Uwimana Ally na Mbarute Djihadi nyuma y’uko bigaragaye ko bagira uruhare mu kugena uko umukino uri burangire binyuze mu buriganya ibizwi nka (match fixing) hamwe n’ibindi.

Uyu Amida Hemedi wasifuraga mu kibuga hagati, yazize kugira uruhare mu guhuza abasifuzi n’abantu bakora uko kugena uko umukino urangira ‘match fixing’.

Uwimana Ally we yirukanwe nyuma y’uko bigaragaye ko we ashishikariza bamwe mu basifuzi gutega (betting) ku mikino yo mu Rwanda kandi bakabikora ku mikino bahawe gusifura.

Hanyuma Mbarute Djihadi we yirukanwe nyuma y’uko bigaragaye ko yakiriye amafaranga y’abantu bagena uko umukino uri burangire (match fixing).

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Nyarugenge: Polisi yataye muri yombi abagabo 2 bakekwaho kwiba umunyamisiri
Next Article Gasabo: Abagabo babiri bafatanywe udupfunyika tw’urumogi 93 Police yo mu Karere ka Gasabo yataye muri yombi abagabo babiri bafatanwe udupfunyika tw’urumogi
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

APR FC yasezereye umutoza Darko Nović n’abungiriza be
May 13, 2025
Ambasaderi Gen. Patrick Nyamvumba yashyikirije Perezida wa Seychelles impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda
May 13, 2025
Ibyo wamenya ku ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu mazi
Menya byinshi byihariye ku Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu mazi (Marine)
May 13, 2025
Mu gihugu cya Mexique umukandida ku mwanya wa Meya yishwe yiyamamaza
Mexico: Umukandida yishwe ari mubikorwa byo kw’iyamamariza kuba Meya w’umujyi
May 13, 2025
Gasabo: Abagabo babiri bafatanywe udupfunyika tw’urumogi 93
Police yo mu Karere ka Gasabo yataye muri yombi abagabo babiri bafatanwe udupfunyika tw’urumogi
May 13, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

RUTSIRO : ABAZAMU BACUCUYE IKIGO CY’AMASHURI BARI BASHINZWE GUCUNGIRA UMUTEKANO

Abazamu barindaga izamu ry'ikigo cya G,S Rambura cyo mu murenge wa Mukura akarere ka Rutsiro ho mu ntara y'uburengerazuba batawe…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Ingabo z’u Burundi zishiriye mu Mirwano Ikomeye ibereye Rugezi, muri Kivu y’Amajyepfo

Mu mirwano ikaze yabereye mu gace ka Rugezi kari muri secteur ya Lulenge, mu karere ka Fizi, muri Kivu y’Amajyepfo.…

4 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

Nyina wa Beyoncé arwaye indwara ya kanseri y’ibere

Tina Knowles umubyeyi wa Beyoncé yavuze uko yaje kurwara kanseri y'ibere n'uko yaje kwivuza akaza gukira. Ku nshuro ya mbere…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

“Ni nsindwa mu matora nzajya guhinga”_Perezida William Ruto

Perezida wa Kenya William Ruto yavuze ko yiteguye guhangana mu matora ateganijwe kuba mu mwaka wa 2027, kandi yizeye ko…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?