igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: FERWAFA yirukanye burundu abasifuzi batatu
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > FERWAFA yirukanye burundu abasifuzi batatu
AMAKURUIMIKINO

FERWAFA yirukanye burundu abasifuzi batatu

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: May 13, 2025 2:28 pm
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryahagaritse burundu abasifuzi barimo Amida Hemedi, Uwimana Ally na Mbarute Djihadi nyuma y’uko bigaragaye ko bagira uruhare mu kugena uko umukino uri burangire binyuze mu buriganya ibizwi nka (match fixing) hamwe n’ibindi.

Uyu Amida Hemedi wasifuraga mu kibuga hagati, yazize kugira uruhare mu guhuza abasifuzi n’abantu bakora uko kugena uko umukino urangira ‘match fixing’.

Uwimana Ally we yirukanwe nyuma y’uko bigaragaye ko we ashishikariza bamwe mu basifuzi gutega (betting) ku mikino yo mu Rwanda kandi bakabikora ku mikino bahawe gusifura.

Hanyuma Mbarute Djihadi we yirukanwe nyuma y’uko bigaragaye ko yakiriye amafaranga y’abantu bagena uko umukino uri burangire (match fixing).

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Nyarugenge: Polisi yataye muri yombi abagabo 2 bakekwaho kwiba umunyamisiri
Next Article Gasabo: Abagabo babiri bafatanywe udupfunyika tw’urumogi 93 Police yo mu Karere ka Gasabo yataye muri yombi abagabo babiri bafatanwe udupfunyika tw’urumogi
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025
Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
May 17, 2025
Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
May 17, 2025

You Might Also Like

America na Iran mubiganiro bya dipolomasi
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Ibiganiro birarimbanyije hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’igihugu cya Iran nyuma y’imyaka 45 badacana uwaka

Nyuma y'imaka isaga 45 Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran baracanye umubano ushingiye kuri dipolomasi, hongeye kuba ibiganiro biziguye.…

2 Min Read
AMAKURU

Nyanza: Umusaza w’imyaka 69 yatawe muri yombi akurikiranyweho gutema umukobwa we

Sigebigiyeho Valens w’imyaka 69 yatawe muri yombi akurikiranyweho gutema umukobwa we bitewe n’amakimbirane bari bafitanye. Byabereye mu karere ka Nyanza…

1 Min Read
AMAKURUPOLITIKE

Perezida Kagame yatembereje , Doumbouya urwuri rwe aho ari mu ruzinduko mu Rwanda

Mu ruzinduko perezida wa Guinea Conakry yagiriye muRwanda muri iki cyumweru yakiriwe na Perezida w'u Rwamda Paul Kagama wanamutembereje urwuri…

1 Min Read
AMAKURUUBUZIMA

Icyorezo cya Ebola cyarangiye burundu muri Uganda

Uganda yatangaje ko icyorezo cya Ebola cyarangiye, nyuma yo gukora igenzura ry’iminsi 40.Minisiteri y’Ubuzima, ibinyujije ku rukuta rwayo rwa X,…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?