igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: “Goverinoma ikwiye gushyiraho amategeko agenga AI” – MININFRA
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > “Goverinoma ikwiye gushyiraho amategeko agenga AI” – MININFRA
AMAKURUPOLITIKE

“Goverinoma ikwiye gushyiraho amategeko agenga AI” – MININFRA

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: April 5, 2025 6:39 pm
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Olivier Kabera, umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo (MININFRA), avuga ko nubwo hari umyvuduko muiterambere ry’ubwenge buhangano (AI)mu Rwanda, hakwiye ibi bikwiye kugira amategeko n’amabwiriza abigenga mu rwego rwo kuribyaza umusaruro.

Yabitangarije muu nama y’ikigo mpuzamahanga cyita ku Bidukikije, GGGI, yahurije hamwe zitandukanye harimo n’iz’abikorera taliki 4 Mata 2025, ni Imama yari igamije kwiga ku mahirwe n’inzitizi biri mu gukoresha AI hanarengerwa ibidukikije.

Yavuze ko Guverinoma y’u Rwanda ikwiye gushyiraho amategeko n’amabwiriza agenga imikoreshereze ya AI  hagamijwe gukoreshwa mu bigirira igihugu akamaro.

Ati “Kugira ngo AI idufashe koko, Guverinoma ikeneye gushyiraho amategeko n’amabwiriza kugira ngo hizerwe ko ikoreshwa mu buryo bwiza, bwizewe, kandi burengera ibidukikije.”

Akomeza avuga ko AI iramutse ikoreshejwe neza, yatanga umusaruro mu bintu byinshi birimo gucunga ingufu, amazi, kugabanya imyuka ihumanya ikirere ndetse no guhangana n’imihindagurikire y’ikirere.

Kabera avuga ko kugira ngo ibyo bigerweho, inzego zose zikwiye gukorana kugira ngo harebwe ko uburyo ikoreshwamo buhura n’intego z’igihugu.

Yagize ati “Ibigo n’inzego zitandukanye bikeneye gukorera hamwe mu gushyiraho uburyo bukwiye bwo gukoresha AI, mu buryo buzagirira akamaro buri wese ndetse n’ibidukikije.”

Olivier Kabera, umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo (MININFRA)

Mu nama mpuzamahanga ku ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano muri Afurika yabereye i Kigali.

Ubwo yatangizaga ku mugaragaro iyi nama, Perezida Kagame yavuze ko ubwenge buhangano bugira uruhare mu guhanga udushya, bukanihutisha iterambere ry’ikoranabuhanga, kandi ko inyungu zabwo zigaragara mu nzego zose.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Mu Burundi: Amatora ashobora gusubikwa
Next Article JAGUAR LAND ROVER Yahagaritse kohereza ibicuruzwa muri America USA
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Nigeria: Abahinzi n’abarobyi 23 bapfuye abandi bashimutwa mu gitero cyagabwe n’umutwe w’iterabwoba
May 18, 2025
Abafana ba Rayon Sports biyambaje Umukuru w’Igihugu nyuma y’imvururu zabaye
May 18, 2025
”Ntacyo umusifuzi yakoze kitari cyo” – Perezida wa Bugesera FC
May 18, 2025
Trump agiye kugirana ikiganiro na Putin kuri telefone
May 18, 2025
Ubwato bw’igisirikare cya Mexique bwagonze ikiraro i New York hapfa abantu babiri
May 18, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Rusizi: Abiyise abakozi ba RRA nyuma y’uko bavuye Iwawa, batawe muri yombi

Abatawe muri yomb ni  abasore batatu bo mu mirenge itandukanye y’Akarere ka Rusizi. Bakekwaho kwiyita abakozi b’Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA),…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Corneille Nangaa: Abanye-Congo Bose ni Abanyamuryango ba AFC/M23

Umuyobozi w’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Corneille Nangaa Yobeluo, yatangaje ko Abanye-Congo bose bafatwa…

2 Min Read
AMAKURUUBUKUNGU

Umujyi wa Kigali ugiye kubarura imitungo n’ ibikorwa by’ubucuruzi bizimurwa ubwo Gare ya Nyabugogo izaba ivugururwa

Ku wa 16 Mata 2025, ni bwo watangaje ko ibi ko bizakorwa mu rwego rwo kwitegura gushyira mu bikorwa umushinga…

2 Min Read
AMAKURU

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yategetse ko Gereza ya Alcatraz yongera gufungurwa

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko agiye gufungura bundi bushya Gereza ya Alcatraz, imwe mu…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?