igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Huye: inzu ebyiri z’ubucuruzi zahiye zirakongoka burundu
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Huye: inzu ebyiri z’ubucuruzi zahiye zirakongoka burundu
AMAKURU

Huye: inzu ebyiri z’ubucuruzi zahiye zirakongoka burundu

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: April 16, 2025 4:27 pm
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Inzu ebyiri ziherereye mu cyarabu mu mujyi wa Huye zibasiriewe bikomeye n’umuriro zirakongoka bitewe na sirikwe y’amashanyarazi.

Ibi byabaye ahagana sayine za ni joro ubwo izi nzu zatangiraga gufatwa n’umuriro abari aho bavuze ko bakoze iyo bwabaga ngo bagire icyo barokora gusa bakaza kugorwa n’imbaraga uyu muriro wari ufite batangarije itangaza makuru ko babanje guhangana n’uyu muriro ariko bifashishije amazi mu gihe polisi itari yakazanye kizimya moto.

Umwe mubakorera muri iyi nyubako yatangarije itangazamuakuru ko iyi nkongi yatewe na sirikwe z’amashanyarazi biturutse ku nsinga zitari zimeze neza. Mu gihe umuyobozi wa REG mu Karere ka Huye, Omar Kambanda, avuga ko iyo biza kuba amashanyarazi bari gusanga cash power na za fusibles byangiritse , nyamara ngo ni bizima ko bityo bategereza icyo iperereza rizagaragaza.

Naho ku bijyanye n’ibyatikiriye mu nkongi, uwakoreraga mu iduka yatangiriyemo avuga ko bifite agaciro karenga kure miriyoni 200.

Yagize ati “Harimo za flat screen zigura 1,2 millions imwe, amafirigo abarirwa muri 60, za kettle, amaradio, amablender, iminzani, amasuka, ibikoresho byo mu gikoni, amasuka,…”

Nyiri ibicuruzwa yatanagrije itangazamakuru ko atari yagafashe ubwishingizi bw’ibicuruzwa bye, hashize igihe amashanyarazi ya hano muri Huye cyane ko mu minsi ishize nanone kamwe mu tubari twari ahamuri Huye twari tugiye gufatwa n’inkongi.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Urugo rwa Joseph Kabila rwasatswe n’abadafite uruhushya rubibemerera
Next Article Abagabo bane bafashwe bagiye kugurisha intozi mu buryo butemewe
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025
Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
May 17, 2025
Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
May 17, 2025

You Might Also Like

AMAKURUIMIKINOMU MAHANGA

Thomas Müller ntazakomezanya na Bayern Munich

Umunyabigwi umukurambere w’abakinnyi ba Bayern Munich, benshi bita Muzehe Thomas Müller, yemeje ko ubwo umwaka w’imikino wa 2024/2025, uzaba urangira…

1 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

Nahombye kuba ntarabaye umusirikare – Tom Close

D.r Muyombo Thomas ukoresha amazina y’ubuhanzi nka Tom Close yavuze ko iyo ari kureba ifoto y’ababyeyi be bombi bambaye imyamabaro…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Ni ibiki bikubiye mu nama yahurije FARDC, FDNB, FDLR na Wazalendo i Kaziba

Amakuru aturuka i Kaziba muri teritwari ya Walungu, Kivu y’Amajyepfo, avuga ko Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC),…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Perezida Ndayishimiye Yashinje u Rwanda Gufasha General Niyombare Gutera u Burundi

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko General Godfroid Niyombare ategura igitero ku Burundi afashijwe n’igihugu cy’u Rwanda. Ibi…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?