igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Ibihano bishya ku Burusiya
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Ibihano bishya ku Burusiya
AMAKURUPOLITIKE

Ibihano bishya ku Burusiya

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: May 21, 2025 1:56 am
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi EU hamwe n’u Bwongereza byatangaje ibihano bishya ku gihugu cy’u Burusiya hagamijwe guhangana n’uburyo bukoresha ubwato buzwi nka ‘shadow fleet’ bugatwara Peteroli mu ibanga rikomeye.

EU yafashe icyemezo cyo gufatira ibihano ubwato 189 bw’u Burusiya, kuri uyu wa 18 Gicurasi, nyuma y’bundi busanzwe bwarafatiwe ibihano kuri ubu bukaba byageze kuri 350.

Ibikubiriye muri ibyo bihano ni ugufatira imitungo ya ba nyir’ubwo bwato no kwima Visa abayobozi n’ibigo by’u Burusiya mu nzego zitandukanye bireba.

Uyu mwanzuro wafashwe cyafashwe n’abaminisitiri b’ubanyi n’amahanga i Bruxelles, dore ko na ba nyiribigo by’u Burusiya birimo n’ibigo by’ubwishingizi bikorana n’iyo shadow fleet na bo bafatiwe ibihano.

Ubwo ibi byanzurwaga, u Bwongereza na bwo bwatangaje ibihano bishya ku bigo n’abantu 100 bitera inkunga inganda za gisirikare z’u Burusiya, ubucuruzi bwa peteroli, ndetse no ku bwato 18 bwifashishwa mu gutwara peteroli y’u Burusiya.

Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi n’u Bwongereza bakomeje gushaka icyatuma u Burusiya bushyirwaho igitutu, biganisha ku guhagarika intambara hagasinywa amasezerano y’amahoro n’igihugu cya Ukraine bayihanganyemo.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article BAL: APR BBC yatsindiwe mu maso y’Umukuru w’Igihugu
Next Article Ndi gupfa, ndumva uburibwe bukomeye – Eddie Mutwe
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Ndi gupfa, ndumva uburibwe bukomeye – Eddie Mutwe
May 21, 2025
Ibihano bishya ku Burusiya
May 21, 2025
BAL: APR BBC yatsindiwe mu maso y’Umukuru w’Igihugu
May 21, 2025
Trump yatangaje ko hari Jenoside iri gukorerwa abahinzi b’abazungu muri Afurika Y’Epfo
May 21, 2025
DRC: Uwahoze ari minisitiri w’intebe yakatiwe imyaka 10 akora imirimo y’agahato
May 20, 2025

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGA

Mexique: Ubwato bwa gisirikare bwakoze impanuka yahitanye 2 abandi 19 barakomereka

Abantu 2 bapfuye abandi 19 barakomereka mu mpanuka y'Ubwato bw’Ingabo zirwanira mu mazi za Mexique bwagonze ikiraro cya Brooklyn i…

1 Min Read
AMAKURU

Perezida Donald Trump yirukanye Doug Emhoff, umugabo wa Kamala Harris wahoze ari Visi Perezida

Perezida Donald Trump ukomeje gucisha umweyo mu bayobozi batandukanye muri Guverinoma n’ibigo bya Leta, yirukanye Doug Emhoff, umugabo wa Kamala…

2 Min Read
AMAKURU

U Burusiya bwasubije Ukraine imibiri y’abasirikare 909 baguye ku rugamba

Umudepite uri muri komite ishinzwe kugenzura ibikorwa bya gisirikare by’u Burusiya mu ntambara buhanganyemo na Ukraine yatangaje ko u Burusiya…

1 Min Read
AMAKURUUBUZIMA

Nigeria: Icyorezo cyiswe Lassa Fever kimaze guhitana ubuzima bw’abantu bagera ku 138

Muri Nigeria, icyorezo cyiswe Lassa Fever kimaze guhitana ubuzima bw’abantu bagera ku 138 guhera muri Mutarama 2025, nk’uko bigaragarazwa muri…

3 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?