igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Ibihumbi by’abaturage n’imodoka baheze mu kiraro kuva ku wa Gatandatu
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Ibihumbi by’abaturage n’imodoka baheze mu kiraro kuva ku wa Gatandatu
AMAKURUMU MAHANGA

Ibihumbi by’abaturage n’imodoka baheze mu kiraro kuva ku wa Gatandatu

TWIZEYIMANA DAVID
Last updated: April 6, 2025 4:09 pm
TWIZEYIMANA DAVID
Share
SHARE

Mu murwa mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Kinshasa, ibihumbi by’abantu n’imodoka baheze ku kiraro cya N’djili kuva ku wa Gatandatu, nyuma y’uko umwuzure ukomeye wibasiye ako gace.

Amazi yaturutse mu ruzi rwa N’djili yarenze inkombe zayo, bituma haturika umwuzure ukomeye, cyane cyane mu bice bya Ndanu, Petro Congo, ndetse no muri Quartier ya 8.

Amakuru yatangajwe na Radio Okapi ibinyujije ku rubuga rwa X (yahoze ari Twitter), agaragaza ko abantu benshi baraye ku kiraro, baheze mu modoka zabo kubera kubura aho banyura, umuhanda wose ukaba wacitse.

Biravugwa ko ibi biza byateje igihombo gikomeye, hakaba hari n’abantu bapfuye, nubwo umubare nyawo w’abapfuye utaratangazwa ku mugaragaro.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Umuyobozi muri ‘FIFA’ ntiyishimiye inyifato y’abafana ba Marine FC bagaragaje ku mukino wa Rayon Sports
Next Article Umusirikare yarashe umwana na nyina arabica
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

U Bwongereza: Abahamwe n’ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina bagiye kujya bahabwa imiti igabanya ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina
May 24, 2025
REG VC mu kwitegura Shampiyona igiye kuza, yatangiye kwibikaho abakinnyi
May 23, 2025
Kaminuza ya Harvard yajyanye Leta Zunze ubumwe za Amerika mu nkiko
May 23, 2025
Kuki Abanyamakuru batajya bubaka ingo ngo zirambe? Dore abanyamakuru babishoboye
May 23, 2025
Human right watch yamaganye ubwicanyi bukorwa n’abarwanyi ba Wazalendo
May 23, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Gupfobya Jenoside byumvikanye mu ijambo rya Massad Boulos

Umujyanama Mukuru kuri Afurika wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America Massad Boulos, yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali…

1 Min Read
AMAKURU

Corneille Nangaa yavuze ko Abanye-Congo bose bategereje AFC/M23 kugira ngo ibabohore

Umuyobozi w’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa Yobeluo, yatangaje ko Abanye-Congo bose ari abanyamuryango…

2 Min Read
AMAKURU

RIB yatangaje ko mu cyumweru k’icyunamo hari ibyaha by’ingengabitekerezo ya Jenoside byagaragaye

Urwego Rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rutangaza ko mu cyumweru cyo kwibuka hari ibyaha by’ingengabitekerezo ya Jenoside byagaragaye, maze bigaragara ko Intara…

1 Min Read
AMAKURU

Uruganda rutunganya urumogi mu Rwanda rugeze kure rwubakwa

Ubuyobozi bw’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), buratangaza ko imirimo yo kubaka uruganda rutunganya urumogi rwifashishwa mu buvuzi igeze ku kigero cya…

3 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?