igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Ibya Rayon bikomeje kujya ahabi cyane
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > IMIKINO > Ibya Rayon bikomeje kujya ahabi cyane
IMIKINO

Ibya Rayon bikomeje kujya ahabi cyane

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: April 4, 2025 2:14 pm
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Haravugwa umwuka mubi hagati y’ubuyobozi bwa Rayon na uwahoze ayobora iyi kipe Munyakazi Saddate nyuma yaho atangarije ko agiye kugura iyi kipe

Mu minsi ishize nibwo umushoramari Munyakazi Saddate yatangaje ko yifuza kwegukana ikipe ya Rayon sport ku kayabo ka miliyari 5 z’amafaranga y’u Rwanda ibintu byasakuje cyane ku mbuga nkoranyambaga aho bamwe babifashe nko kwiyemera kwa Saddate.

Ubwo umuyobozi wa Rayon Twagirayezu Thadee yari mu kiganiro n’itangaza makuru yakuriye inzira ku murima uyu Saddate avuga ko ibyo bidashoboka kuko Rayon sport ari umuryango bityo ko izo miliyari yazizana bagafatanya kubaka.

Thadée yabwiye SK FM ati: “Rayon Sports ni umuryango ntabwo igurishwa, ahubwo igurwamo imigabane.”

Yakomeje agira ati: “Niba ashaka kuruhura abafana, iyi Si turimo ntabwo umuntu agira igihe cyo kuruhuka. Izo miliyari 5 Frw tuzibonye, ntabwo twaba turuhutse twakomeza tugashaka izindi 5 cyangwa 10.”

Perezida wa Rayon Twagirayezu yakomeje asaba ko niba Saddate yifuza ko ekipe ikomeza gutera imbere nawe yabigiramo uruhare.

Munyaakazi Saddate ukunze gukoresha urubuga rwa X cyane yagaragaje ko amagambo agamije kumwangisha rubanda. aho ysgize Ati: “Bwana THADDEE Twagirayezu ati ‘mu tsinda rya Special Supporting team hatangwa amafaranga ari hagati ya 50- 100K kandi Sadate ntajya atanga uwo musanzu. Muri iryo Tsinda amafaranga ashyikirizwa umubitsi Patrick Rukundo, kandi ikoranabuhanga ntiribeshya kuko risiga ibimenyetso.”

Yakomeje agira ati: “Ikinyoma kiririrwa ariko ntikirara. Uretse ko mutanga ari hagati ya 50 – 100K (Frw 50,000 na Frw 100,000) njyewe njya ndenza ayo mafaranga kuko hari igihe natangaga na 300K (300,000).”

Yunzemo ati: “Ntago nzongera kwemera ko munyangisha abantu cyangwa ngo ntege amatama ngo muhonde kubera ibinyoma byanyu n’itangazamakuru ryaguye ibifu. Uzana ikinyoma nzana ikimenyetso.”

Ubutumwa bwa Sadate bwari buherekeje ‘screenshot’ yerekana ko byibura mu Ugushyingo 2024 yatanze muri Rayon Sports umusanzu ungana na Frw 300,000.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Kamonyi 12 batawe muri yombi kubera amabuye y’agaciro
Next Article M23 yatanze umuburo kubasirikare ba FRDC bari kwifotoreza muri Walikale
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

DRC: Uwahoze ari minisitiri w’intebe yakatiwe imyaka 10 akora imirimo y’agahato
May 20, 2025
Nzabahayo uzwi nka ‘Ibya Yesu ni ku murongo’ akurikiranweho icyaha gikomeye
May 20, 2025
Musanze: Urupfu rw’umusore wasanzwe mu isantere yapfuye rwateje urujijo mu baturage
May 20, 2025
Rurageretse hagati ya Muhoozi Kainerugaba na muramu we
May 20, 2025
Impunzi z’Abarundi zikabakaba 200 zabaga mu nkambi ya Kakuma muri Kenya zatashye
May 20, 2025

You Might Also Like

AMAKURUIMIKINOMU MAHANGA

Rugombye Abakuru, Man -United yishyuwe ku munota wa nyuma

Mu Irushanwa rya UEFA Europa League rigeze muri 1/4 cy'irangiza mu mikino ibanza, Ikipe ya Olympique Lyonnais yo mu Bufaransa…

1 Min Read
IMIKINO

José Mourinho yateje impagarara nyuma yo gukurura izuru ry’umutoza wa Galatasaray

Umutoza wa Fenerbahçe, José Mourinho, yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gusagarira Okan Buruk, umutoza wa Galatasaray, amukurura izuru bikamuviramo kugwa…

2 Min Read
IMIKINO

U Rwanda rwasinyanye andi masezerano n’ikipe ya PSG yo gukomeza gukorana

Leta y'u Rwanda hamwe n'ikipe ikomeye y'umupira w'amaguru Paris Saint-Germain bongeye igihe muri gahunda yo kwamamaza gahunda ya ''visit Rwanda''…

1 Min Read
IMIKINO

Robertinho yatanze ikirego arega Rayon Sports nyuma yo guhagarikwa

Nyuma y’amezi yari amaze atoza ikipe ya Rayon Sports, Umutoza w’Umunya-Brésil Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo, uzwi cyane nka Robertinho,…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?