igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Ikipe yigeze kuba iya nyuma ku rutonde rwa Shampiyona y’u Rwanda birangiye ari yo iyegukanye
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Ikipe yigeze kuba iya nyuma ku rutonde rwa Shampiyona y’u Rwanda birangiye ari yo iyegukanye
AMAKURUIMIKINO

Ikipe yigeze kuba iya nyuma ku rutonde rwa Shampiyona y’u Rwanda birangiye ari yo iyegukanye

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: May 24, 2025 6:40 pm
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Ikipe y’Ingabo z’igihugu yegukanye igikombe cya shampiyona 2024-25 Imaze gutsinda Muhazi United igitego 1-0, maze icyegukana ku nshuro ya 23.

Ni mu mikino y’umunsi wa 29 yabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 24 Gicurasi 2025. Imikino yari ihanzwe amaso, ni iy’amakipe ahanganiye igikombe cya shampiyona, maze APR FC irakegukana.

Ibi byose yabigezeho nyuma yo gutsinda Muhazi United igitego 1-0 cyatsinzwe na rutahizamu Djibril Quattara ku munota wa 39.

Kuri Kigali Pelé Stadium, Rayon Sports nayo yari yacakiranye na Vision FC maze bagwa miswi 0-0, bituma Nyamukandagira iyirusha amanota ane, ihita itakaza igikombe cya shampiyona y’uyu mwaka w’imikino.

Iki gikombe ni icya 23 cya shampiyona ikipe APR FC yegukanye . Undi mukino wabaye, warangiye Bugesera FC itsinze Etincelles FC igitego 1-0 mu mukino wabereye kuri Stade Umuganda.

Mu mikino y’umunsi wa 30, APR FC y’Ingabo izakina na Musanze FC kuri Kigali Pelé Stadium mu gihe Rayon Sports izakina na Gorilla FC.

APR FC yigeze kuba iya nyuma ku rutonde rwa Shampiyona y’u Rwanda ubwo yanasezererwaga mu mikino nyafurika y’amakipe yabaye aya mbere i wayo CAF champions League none birangiye ari yo yegukanye shampiona y’u rwanda y’uyu mwaka.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Jeannette Kagame yakebuye abarera abana
Next Article Habaye ihererekanya ry’infungwa z’intambara hagati ya Ukraine n’u Burusiya
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Ubuvumvu bwahinduye ubuzima bwa Nyirabagesera
May 24, 2025
UEFA Women’s Champions League: Ibyananiye Arsenal y’abagabo ikipe y’abagore ibigezeho
May 24, 2025
Byukusenge Patrick yitwaye neza muri Etape ya kabiri ya Grand Prix du 22 mé
May 24, 2025
Habaye ihererekanya ry’infungwa z’intambara hagati ya Ukraine n’u Burusiya
May 24, 2025
Ikipe yigeze kuba iya nyuma ku rutonde rwa Shampiyona y’u Rwanda birangiye ari yo iyegukanye
May 24, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Ihuriro rya AFC/M23 ryasabye ingabo za SADC kuva mu mujyi wa Goma vuba na bwangu

Ihuriro rya AFC/M23 ryashinje ingabo za SADC kugira uruhare mu gitero giherutse kubagabwaho mu mujyi wa Goma, babasaba guhita basohoka…

1 Min Read
AMAKURU

Inka zirenga 100 z’Abanyamulenge zanyazwe n’ingabo za Leta ya Congo n’imitwe iyishamikiyeho

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 12 Mata 2025, ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo…

2 Min Read
America na Iran mubiganiro bya dipolomasi
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Ibiganiro birarimbanyije hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’igihugu cya Iran nyuma y’imyaka 45 badacana uwaka

Nyuma y'imaka isaga 45 Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran baracanye umubano ushingiye kuri dipolomasi, hongeye kuba ibiganiro biziguye.…

2 Min Read
AMAKURU

U Rwanda na DRC bazasinyana amasezerano imbere ya Trump nk’umuhuza

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 2 Gicurasi 2025, hitezwe isinywa ry’imbanzirizamushinga y’amasezerano y’amahoro hagati ya Leta Zunze Ubumwe za…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?