igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Impanuka y’ubwato muri DRC ihitanye abantu 50
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Impanuka y’ubwato muri DRC ihitanye abantu 50
AMAKURUMU MAHANGA

Impanuka y’ubwato muri DRC ihitanye abantu 50

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: April 18, 2025 1:18 pm
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Inkongi y’umuriro yafashe ubwato bukozwe mu mbaho bwari butwaye abarenga 400 ubu abagera kuri mirongo 50 bakaba bamaze kuburira ubuzima muri iyo mpanuka.

Iyi mpanuka yabereye mu ruzi rwa Congo aho ubu bwato bwari butwaye abasaga 400 naho abagera kuri 50 bagahita bahaburira ubuzima ni mu gihe kandi inzego z’ubuyobozi zatangaje ko abantu amagana bamaze gutabarwa gusa hakaba hakiri ababuriwe irengero.

Ushinzwe ubugenzuzi mu ruzi rwa Congo, witwa Loyoko, yatangarije itangazamakuru ko mu byagaragajwe n’iperereza ry’ibanze ryagaragaje ko icyateye iyo mpanuka, ari uko umwe mu bagenzi yari arimo atekera aho mu bwaho bihita biba intandaro y’inkongi.

Ubu bwato bwitwa HB Kongolo, bwakoze impanuka ubwo bwarimo buva ku cyambu cya Matankumu bugana muri teritwari ya Bolomba. Abenshi mu baburiye ubuzima bwabo muri iyi mpanuka higanjemo abagore n’abana cyane ko abenshi batabashije koga, ubutabazi buracyakorwa aho bagishakisha indi mibiri itarabaneka.

Mu gihugu cya Congo si ubwa mbere havuzwe impanuka nk’izi cyane ko mu mwaka ushize nabwo kandi abagera kuri 38 baburiye ubuzima bwabo mu mpanuka y’ubwato nyuma yo kurohama mu ruzi rwa Congo. Ubu bwato byemejwe ko bwarohamye biturutse ku bucucike bw’abantu benshi bari muri ubu bwato.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article DRC: Umucanshuro yemereye Leta kuyicungira ibirombe by’amabuye y’agaciro
Next Article Impanuka ikomeye y’imodoka eshatu ibereye i Kanyinya ihitana babiri, abandi barakomereka bikabije
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025
Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
May 17, 2025
Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
May 17, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Umusore wo mu Karere ka Rutsiro yishe Se, afatirwa i Kigali agerageza gutoroka

Umusore w’imyaka 22 ukomoka mu Karere ka Rutsiro ari mu maboko y’ubutabera nyuma yo kwica Se umubyara w’imyaka 64, amukubise…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Uduce 4 twari dufitwe na Wazalendo, AFC/M23 yongeye kutwigarurira

Abarwanyi ba AFC/M23 bongeye kwigarurira uduce 4 two muri teritwari za Kalehe na Kabare muri Kivu y’Amajyepfo, Kuri uyu wa…

1 Min Read
Mu gihugu cya Mexique umukandida ku mwanya wa Meya yishwe yiyamamaza
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Mexico: Umukandida yishwe ari mubikorwa byo kw’iyamamariza kuba Meya w’umujyi

Yesenia Lara Gutiérrez wari mu bikorwa byo kwiyamamariza kuyobora umujyi wa Texistepec mu ntara ya Veracruz muri Mexique, yarashwe ahita…

1 Min Read
AMAKURU

Mu Rwanda hagiye kumurikwa ibikoresho bya girikare bijyanye biri mu bigezweho

Mu Rwanda hagiye kubera inama mpuzamahanga izamurikirwamo ibikoresho bigezweho bya gisirikare n’ikoranabuhanga mu rwego rwo guteza imbere umutekano Ku itariki…

3 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?