igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Impunzi yaguye mu mubyigano wo gufata ibyo kurya
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Impunzi yaguye mu mubyigano wo gufata ibyo kurya
AMAKURU

Impunzi yaguye mu mubyigano wo gufata ibyo kurya

TWIZEYIMANA DAVID
Last updated: April 5, 2025 5:37 pm
TWIZEYIMANA DAVID
Share
SHARE

Mu gihugu cya Kenya mu Ntara ya Garrisa, umwuka mubi watutumbye mu nkambi ya Garissa ubwo habaga umubyigano w’abantu benshi bari bari ku murongo bagiye gufata ibyo kurya, bikarangira umudamu umwe abuze umwuka agata ubwenge, ubundi akahasiga ubuzima.

Ni imvururu zatewe n’umubyigano w’abantu benshi bari bagiye gufata ibyo kurya, ubuzima bw’umudamu burahasigara kubera ko yagize umwuka muke agata ubwenge.

Polisi yo mu gihugu cya Kenya yemeje iby’aya makuru ivuga ko uyu mudamu yazize umubyigano w’abantu bari baje gufata ibyo kurya, bakimara kubona ko yataye ubwenge yihutanwe ku bitaro ariko birangira ashizemo umwuka.

Ababibonye bavuga ko muri iyi nkambi haba impunzi nyinshi ugereranije nuko ingana.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Urutonde rw’ibihugu 10 bifite abaturage bishimye kurenza abandi ku isi, Amerika itarimo
Next Article Trump yahaye Tiktok igihe ntarenga ikaba itakiri iy’abashinwa
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Abadiporomate b’uburayi basabye murumuna wa Museveni gukorera ikintu gikomeye Muhoozi wababujije amahwemo
May 22, 2025
Gasabo: Polisi yataye muri yombi abantu batatu harimo ukekwaho gutegera umuntu mu nzira akamutera icyuma
May 22, 2025
Argentine: Abasaza n’abakecuru bakomeje gukomerekera mu myigaragambyo yamagana amafaranga make ya ”Pansiyo” bahabwa
May 22, 2025
Rusizi: Umwarimu arashakishwa n’inzego z’umutekano akekwaho gusambanya umunyeshuri yigisha w’imyaka 15
May 22, 2025
Sénégal: Ingabo zose z’amahanga zihari zigiye kwirukanwa
May 22, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Ingabo z’u Buhinde zakajije umutekano mu bice byo ku mupaka nyuma yo kurasa muri Pakistan na Kashmir

Umwuka mubi ukomeje gututumba hagati y’u Buhinde na Pakistan biturutse ku bitero impande zombi zishinjanya kugabanaho. U Buhinde bwatangaje ko…

2 Min Read
Job of Accountant at RTB
AKAZIAMAKURU

Job of Accountant at Rwanda Tvet Board (RTB)

Exams to be conducted 1: Written2: Oral Reports To Director of Administration and Finance Unit Job responsibilities Prepare, examine and…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

SADC barashaka kuva muri Congo vuba na bwangu

Umugaba mukuru w'ingabo za Africa Y'epfo Gen. Rudzani Maphwanya, yatangajeko mu rwego rwo kwihutisha gahunda yo kuva aha muri Congo…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Inyeshyamba za M23 zikomeje kwigarurira uduce dukungahaye ku mabuye y’agaciro

Umutwe w’inyeshyamba za M23 wongeye kugaba igitero cyihuse mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, wigarurira agace ka Luciga, gaherereye muri Chefferie…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?