Isi yose ihanze amaso I Vatican Papa mushya yabonetse kuko umwotsi wera wazamutse

Umwotsi w’umweru wamaze  kugaragara i Vatican. Imbaga  yabahateraniye yose irangamiye ku nyubako ya Chapel ya Sistine.

Biragaragara ko inzira yo gutora yarangiye kandi abakaridinari bahisemo uzasimbura Papa Fransisko.

Kugeza ubu ntiharamenyekana uwatoranijwe, gusa baraza gutangaza utowe aho bagira bati ‘ubu dufite Papa’ abari aho bose bahanze amaso ku rubaraza rwo hejuru ku nyubako ya Chapel ya Sistine, nibura biteganjijwe ko mu isaha imwe ari bwo bari butangaze papa mushya Usimbura Francis.

Share This Article
Leave a Comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version