igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Juliana Kanyomozi agiye kwibaruka
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > IMYIDAGADURO > Juliana Kanyomozi agiye kwibaruka
IMYIDAGADURO

Juliana Kanyomozi agiye kwibaruka

TWIZEYIMANA DAVID
Last updated: May 30, 2025 9:30 pm
TWIZEYIMANA DAVID
Share
SHARE

Ibinyamakuru byo muri Uganda byasohoye amashusho yatumye benshi bakeka ko Julianna Kanyomozi ashobora kuba ari kwitegura kwibaruka undi mwana, nyuma y’uko abyaye Taj mu 2020.

Mu ijoro ryo ku wa 29 Gicurasi 2025 ubwo Bebe Cool yasogongezaga inshuti ze kuri album ye nshya, Juliana Kanyomozi yagaragaye muri ibyo birori, aho yafatiwe amashusho yatumye benshi bakeka ko atwite.

Kanyomozi w’imyaka 44 agiye kubyara umwana wa gatatu. Imfura ye yitabye Imana mu 2014, aza kwibaruka undi mwana w’umuhungu mu 2020 nubwo yirinze kumushyira mu itangazamakuru.

Juliana Kanyomozi ni umwe mu bahanzikazi bakomeye muri Afurika y’Iburasirazuba ndetse wanakunzwe mu ndirimbo zinyuranye nka Usiende mbali yakoranye na Bushoki, Zaabu, Nabikowa n’izindi nyinshi.

Nubwo ari umuhanzikazi ukuze mu myaka, Juliana Kanyomozi aracyagaragara ku rutonde rw’abahanzi b’uburanga Uganda yagize mu muziki.

Ni umuhanzikazi uheruka i Kigali mu 2017 ubwo yari yitabiriye igitaramo cyo kumurika album ya Charly na Nina cyabereye muri Camp Kigali.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Niyo Bosco yashyize yashyize hanze indirimbo ya mbere ya Gospel
Next Article CANALBOX-Rwanda yashyize igorora abakiriya bayo
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Umuhanzi Sarkodie yashimiye Akon byimazeyo
June 1, 2025
Sheebah Karungi yateguje igitaramo muri Kampala Serana Hotel
June 1, 2025
Ibisambo bya Gicumbi akabo kashobotse
June 1, 2025
Umuhanzikazi w’icyamamare Taylor Swift yishyuye miliyoni 360$ ngo yisubize uburenganzira ku ndirimbo ze
June 1, 2025
Mu Mujyi wa Kigali, urubyiruko 13.666 ruhabwa amasomo y’ubumenyingiro mu mashuri 76
June 1, 2025

You Might Also Like

IMYIDAGADURO

Bebe Cool yibasiye Eddy Kenzo amusaba kureka kwiriza

Nyuma y’uko Diamond Platnumz ataramiye muri Uganda agahabwa akayabo k’amafaranga abandi bagahabwa intica n’ikize bikababaza Eddy Kenzo, Bebe Cool yamusabye…

3 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

Jennifer Lopez wasomaniye n’ababyinnyi be ku rubyiniro akomeje kuba iciro ry’imigani ku mbuga nkoranyambaga

Jennifer Lopez, umuririmbyi w’icyamamare w’imyaka 55, ni we watangije ibirori bya American Music Awards 2025 nk’umushyushyarugamba, abikorana ubuhanga n’imbaraga byatunguye…

3 Min Read
IMYIDAGADURO

Amakimbirane hagati ya Pamella Innocente, AB Godwin na Clapton Kibonge ku mushinga wa filime akomeje gufata indi ntera

Mu Rwanda haravugwa impaka zikomeye ku mbuga nkoranyambaga, aho umukobwa witwa Pamella Innocente Bizimana, wamamaye mu mafilime nka Bamenya, yashinje…

2 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

Rurageretse hagati ya Sean “Diddy” Combs na Cassie bakundanye

Sean “Diddy” Combs ashaka kugaragaza ko we na Cassie bari babanye mu rukundo rurimo urugomo, ndetse ibintu byose byagiye biba…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?