igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Justin Bieber mu nzira zo gutandukana n’umugore we
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > IMYIDAGADURO > Justin Bieber mu nzira zo gutandukana n’umugore we
IMYIDAGADUROMU MAHANGA

Justin Bieber mu nzira zo gutandukana n’umugore we

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: May 27, 2025 12:23 am
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Hashize igihe hari amakuru avugwa ko umuhanzi Justin Bieber n’umugore we Hailey Bieber batameranye neza, none ubu biravugwa ko bari mu nzira yo kwaka gatanya.

Umubano w’umuhanzi Justin Bieber n’umunyamideli Hailey Baldwin Bieber, wakunze kurangwa n’ibibazo ndetse byavuzwe kenshi ko bagiye gutandukana gusa ntibibe.

Ku wa 9 Gicurasi 2023, aba bombi baratunguranye bakora ibirori byo gusezerana bwa kabiri ndetse banatangaza ko bagiye kwibaruka imfura yabo.

Justin Bieber yasobanuye ko umubano we n’umugore we utari wifashe neza gusa kuva bamenya ko bagiye kubyara bahisemo kongera kuwuzahura ari na yo mpamvu bagiranye amasezerano mashya.

Gusa ibi byo gusezerana bwa kabiri no kuba baribarutse imfura yabo muri Kanama 2024, byabaye infabusa kuko urugo rwabo rwakomeje kurangwamo ukutumvikana.

Mu minsi ishije Justin Bieber aherutse kwandika kuri Instagram ko ajya amutuka gusa ahita abisiba nyuma y’uko abantu bamunenze bikomeye.

nk’uko byemejwe na Radar Online, hari amakuru akomeje kuvugwa y’uko Bieber na Hailey bari mu nzira yo kwaka gutandukana bnyuze mu mategeko ‘Gantanya’

biravugwa ko mu minsi ishize Hailey Bieber yasohokanye n’inshuti ze zirimo abanyamideli bazwi nka Kylie na Kendall Jenner, aho bishimanye bigatinda, iki gihe Hailey yari arimo kwizihiza ko ibye na Justin biri kurangira ndetse ko yafashe umwanzuro wo kumwaka gatanya bidasubirwaho, gusa ntabwo Hailey yigeze abitangaza kumugaragaro.

Umwe mu bantu bamuba hafi yavuze ko “Hailey ari gukora ibishoboka ngo yitandukanye na Justin. Kandi asigaye anisohokana batar ikumwe. Justin na we kandi aba yibereye mu bintu bye. Biratekerezwa ko Hailey yaba ari kwishimira ko batandukanye”.

Ibi bije bikurikira amakuru avuga ko bombi batakibana mu nzu imwe aho umwe asigaye yibana ku giti cye. Ngo kandi bitewe n’imyitwarire Justin Bieber asigaye agaragaza, bishoboka ko yabayarasubiye ku gukoresha ibiyobyabwenge.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article RDC: Minisitiri Mutamba yavuze ko adatinya gufungwa
Next Article Justin Bieber n’umugore bagiye kwaka gatanya
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Manchester United yamaze gusinyisha Matheus Cunha wakiniraga Wolves
June 1, 2025
Perezida William Ruto arasabwa kwishyura abaguye mu myigaragambyo
June 1, 2025
Umuhanzi Sarkodie yashimiye Akon byimazeyo
June 1, 2025
Sheebah Karungi yateguje igitaramo muri Kampala Serana Hotel
June 1, 2025
Ibisambo bya Gicumbi akabo kashobotse
June 1, 2025

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Umwuka mubi hagati ya Gen. Muhoozi na Jenerali ba FARDC ukomeje kuba agatereranzamba

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF), Gen. Muhoozi Kainerugaba, ari mu makimbirane akomeye na bamwe mu bayobozi b’ingabo za Repubulika…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Imisozi ihanamiye Kaziba yigaruriwe n’umutwe wa M23

Amakuru aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo aravuga ko imisozi ihanamiye i santire ya Kaziba yafashwe n’umutwe…

2 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

Kate Bashabe yasabye Yago Pondat kureka intambara z’amagambo ahubwo akibanda ku kazi ke

Mu gihe amagambo akomeje kuzenguruka ku mbuga nkoranyambaga hagati ya Yago Pondat n’abo yita abanzi be, umunyamideli n’umushoramari Kate Bashabe…

1 Min Read
Amerika yakuye telefone, mudasobwa n’ibindi bikoresho by’ikoranabuhanga mu byo yazamuriye umusoro.
AMAKURUIKORANABUHANGAMU MAHANGAUBUKUNGU

Ese niki cyatumye Amerika ikura ibikoresho by’ikoranabuhanga ku rutonde rw’ibikoresho byazamuriwe imisoro

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zakuye telefone, mudasobwa n’ibindi bikoresho by’ikoranabuhanga mu byo ziherutse kuzamurira imisoro. Urwego rwa Amerika rushinzwe…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?